Professional Documents
Culture Documents
Kinyarwanda Leaderinthemaking Guhinduka Umuyobozi Nyawe
Kinyarwanda Leaderinthemaking Guhinduka Umuyobozi Nyawe
UMUYOBOZI
NYAWE
GUHINDUKA
UMUYOBOZI
NYAWE
UKO WAKORA KUGIRA NGO UBE
UMUYOBOZI UMEZE NK’UKO UMUTIMA W’
IMANA USHAKA
na Joyce Meyer
Ibyanditswe biriho ijambo “KJV” byakuwe muri Bibiliya yitwa “King James
Version of The Bible. Ibyanditswe byateruwe muri Bibiliya byanditse mu
nyuguti ziberamye. Hari aho umwanditsi yagiye atsindagira amagambo amwe
yavanywe muri Bibiliya. Ariko muri Bibiliya yaturutsemo ho nta bwo aba
ateye atyo.
Printed at
Caxton Printers
Red Hills, Hyderabad - 500 004
AMASHAKIRO
Iriburiro
7
IGICE CYA 1: Kwitegura kuba umuyobozi
1. Teza imbere ubushobozi bwawe:
Nta muntu utangirira ikivi ku musozo wacyo, igice cya 1 13
2. Teza imbere ubushobozi bwawe:
Nta muntu utangirira ikivi ku musozo wacyo, igice cya 2 27
3. Gutuza bitanga ubushobozi, igice cya 1 43
4. Gutuza bitanga ubushobozi, igice cya 2 61
Umwanzuro 333
Isengesho ryo kugirana ubumwe bwihariye n’Imana 337
Ubusobanuro 339
Ibitabo byifashishijwe 353
Ibindi bitabo byagufasha bivuga ku buyobozi 355
Ibyerekeye umwanditsi 357
IRIBURIRO
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
IRIBURIRO
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
Muri iki gitabo ndagenda nsangira nawe ibyo Imana yagiye inyigisha
mu myaka yatambutse yose igihe yandindaga ikanyobora kuva mu minsi
ya mbere, mu gihe nari ku rwego rw’ubuyobozi ruri hasi cyane kandi
rugoye aho nayoboraga abantu bake cyane mu cyumba cy’inyigisho
za Bibiliya cyari mu rugo rwacu, mu gihe kitari gito, none dore mfite
inshingano y’umurimo udafite aho uhuriye na wawundi wa mbere. Ubu
nyobora ibihumbi by’abantu mu muhamagaro Imana yaduhaye wo
gokora umurimo wayo mu buryo bwo gukoresha ibiterane hirya no hino
ku isi witwa Life in the World Conferences and Outreaches. Umugabo
wanjye Dave hamwe nanjye dukora ibyo Imana yaduhamagariye kandi
muri iyi gahunda yo guteza imbere impano Imana yaduhaye twumva
turimo kugera ku rwego twifuzaga kugeraho kuva kera. Ubu ndabona
inzozi zisohora. Sinemera ko iki ari ikintu Imana yateganyirije abantu
bake gusa. Nemera ko icyo ishaka ubwayo ari uko abantu bose bagera
ku nzego bifuza kugeraho. Imana irashaka guhindura ibintu byinshi mu
bugingo bwawe kurusha ibyo wibwira.
Igihe cyose uzaba urimo gusoma iki gitabo ndagushishikariza
kuzajya uhora ukinguye urugi rw’umutima wawe n’urw’ibitekerezo
byawe kugira ngo ushobore kumva icyo Imana ishaka kukubwira.
10
IGICE CYA 1
KWITEGURA KUBA
UMUYOBOZI
UMUTWE WA 1
14
NTA MUNTU UTANGIRIRA IKIVI KU MUSOZO WACYO, IGICE CYA 1
Hari ubwo tuvuga ko Satani afite ukuri iyo ari kutubwira ibinyoma
no kudushyiramo ibitekerezo bipfuye, cyangwa turi gutekereza ku
magambo apfuye aba yatuvuzweho n’abandi bantu, wenda ngo nta cyo
tumaze kandi ngo nta kizima twakora.
15
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
18
NTA MUNTU UTANGIRIRA IKIVI KU MUSOZO WACYO, IGICE CYA 1
19
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
Njya ngira akantu gasa n’umugani kavuga ngo ushaka inka aryama
nka zo “ushaka kubana n’Imana agomba kumenya ko nta kiruhuko
agomba kwibwira ko gihari.” Imyaka twaba dufite yose, mu mibereho
yose twaba dufite, guteza imbere ubushobozi bisaba igihe, gukorana
ubushake ndetse no gukora, utikoresheje.
20
NTA MUNTU UTANGIRIRA IKIVI KU MUSOZO WACYO, IGICE CYA 1
Wuzuyemo ubushobozi
Buri wese muri twe afite ubushobozi muri we. Dufite agace k’Imana
muri twe. Nta bwo twaturutse ku kubeshya runaka. Nta bwo tugomba
kumara iminsi y’ubuzima bwacu bwose nta cyo dukora ngo dutegereje
kuzaba tugikora ubundi. Nta bwo turi bakuru cyane kandi nta nubwo
turi bato cyane. Dufite inzozi n’amayerekwa Imana yaduhaye. Ariko izo
nzozi n’amayerekwa Imana iduha biba ari ibintu bimeze nk’amahirwe si
ibintu “bigomba kubaho ijana ku ijana.” Kuri yo nta kintu kidashoboka
ariko bishaka ko natwe tugira ubushake bwo gufatanya na yo. Tugomba
kugira n’ubushake tukabyerekanira mu kugira umuhate, tukayumvira,
tugakora byose kugira ngo dukuze icyo yadushyizemo.
21
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
22
NTA MUNTU UTANGIRIRA IKIVI KU MUSOZO WACYO, IGICE CYA 1
Abagalatiya 6:9
23
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
24
NTA MUNTU UTANGIRIRA IKIVI KU MUSOZO WACYO, IGICE CYA 1
siganirwa gutsinda
1Abakorinto 9:24,25
Mu itorero rya Kristo muri iyi minsi ya none, hari abantu benshi
bagerageza kwirukana umwanzi n’abadayimoni nyamara bo ubwabo
batari banigera kwerekana ko bashoboye gusukura bihagije aho
bogereza ibikoresho byo ku meza no mu gikoni ndetse n’ibyo bikoresho
ubwabyo byuzuranye aho hantu.15
26
UMUTWE WA 2
27
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
28
NTA MUNTU UTANGIRIRA IKIVI KU MUSOZO WACYO, IGICE CYA 2
tukiruka dufite kwihangana. Nigeze kumva hari umuntu uvuga iki kintu
mu magambo ahinnye atya ati: Tugomba kwiruka mu marushanwa nta
birantega dufite.
Muri biriya bihe uyu murongo wandikwaga, umwanditsi
yashakaga gutanga urugero rwumvikanaga neza icyo gihe kurusha uko
rwakumvikana muri iki gihe. Muri icyo gihe abiruka bajyaga batoza
imibiri yabo bitegurira uwo mukino wo kwiruka nk’uko tubikora
ubu. Ariko iyo byageraga kuri wa munsi wo kwiruka no kurushanwa,
biyamburaga imyambaro yabo kugira ngo mu gihe biruka, hatagira
ibibadindiza. Ikindi bakoraga ni ugusiga amavuta meza ku mibiri
yabo.1
Nk’uko byumvikana, natwe tugomba gusigwa neza mu buryo
bwo mu mwuka bikozwe n’Umwuka Wera niba dushaka gutsinda
ayo marushanwa. Iyo dufite za gahunda zikabije kuba nyinshi cyane,
zitubuza guteza imbere ubushobozi. Kwemerera abandi bantu guhora
bagenga ibihe byacu bituma tudashobora guteza imbere ubushobozi
bwacu. Kutamenya kuvuga “oya” ku kintu runaka bituma umuntu
adashobora guteza imbere ubushobozi bwe. Kwiha gukurikirana intego
n’amayerekwa y’undi muntu nk’aho twembi dufatanyije ubushake bwo
kuzazigeraho, bituma tudashobora guteza imbere ubushobozi bwacu
ku buryo bushimishije.
Nabonye ko umwanzi ashobora kuntera akoresheje inzira zigeze
ku gihumbi akamboha kugira ngo ankurure anjyana muri gahunda
zishobora kumbuza gukora icyo nagombaga gukora. Njya kubona
nkabona nishoye mu bintu bisa n’ibintu bitunguranye, kandi bigasaba
ko ari jyewe ugomba kubikoraho gusa, kubera ko ari jye ushoboye
kubikora.
Niba dushaka gukora ibyo Imana yaduhamagariye, tugomba
gukomeza gushyira ibitekerezo byacu ku cyo dufiteho intego kuko iyi
si dutuyemo muri iki gihe yuzuye ibiturangaza n’ibizazane.
Tugerageza gushaka akanya ngo twicare dusome Bibiliya zacu,
hakaza umuntu akaturogoya. Twagerageza gusenga, telefoni ikavuga.
Ibiturogoya ntibijya bishira. Byatinda cyangwa byatebuka, tuba
29
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
30
NTA MUNTU UTANGIRIRA IKIVI KU MUSOZO WACYO, IGICE CYA 2
31
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
32
NTA MUNTU UTANGIRIRA IKIVI KU MUSOZO WACYO, IGICE CYA 2
Abefeso 4:22
33
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
rya kote rishaje ndamutse ariryo mpisemo. Arikose ko mba nzi ko mfite
ikote rishya kandi ryiza kuki na nahitamo kwambara ryarindi rishaje,
ryipfunyapfunye?
34
NTA MUNTU UTANGIRIRA IKIVI KU MUSOZO WACYO, IGICE CYA 2
36
NTA MUNTU UTANGIRIRA IKIVI KU MUSOZO WACYO, IGICE CYA 2
KORA UNIDAGADURE
Ushobora kumbaza uti “Ariko se Joyce, wowe nta bwo ujya wemera
ko abantu bagomba kwidagadura.” Ni byo ndabyemera. Nemera ko
abantu bakwiriye kugeraho bagaseka, bakanezezwa, bakaruhuka
bakagira igihe bumva ubuzima bwabo butuje nta kintu runaka
kibatugaritse. Mu by’ukuri, ibyo bintu mbibwirizaho kenshi, cyane
cyane iyo nahuye n’ababwiriza butumwa batagira gahunda mu buzima,
ko tugomba kwihambira ku byo dukora. Ahubwo icyo nshaka kuvuga
ni uko rimwe na rimwe usanga turi guta igihe mu bindi bintu.
37
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
Amahirwe angana
Aba bakobwa bose uko ari icumi bari bafite amahirwe angana.
Kimwe cya kabiri cyabo bitwaje amavuta arenze ku yo mu matabaza.
Naho ikindi kimwe cya kabiri ntibagira ayo bitwaza. Abantu b’abanebwe
ntibajya bagira ikindi kintu bakora kirenze ku byo bamenyereye.
Bumva bashoboye gukora ibyo basanzwe bamenyereye gukora gusa,
maze ubuzima bugakomeza, ariko ntibajya bifuza kugira ikintu bakora
kirenze ibyo bumva bakeneye nk’ibintu by’ibanze mu mibereho yabo.
Igihe umukwe yatindaga, abakobwa bose bafashwe n’ibitotsi
barasinzira. Bigeze mu gicuku humvikana urusaku ngo umukwe araje.
Abakobwa bose batangiye gushaka gutunganya amatabaza yabo ngo
bajye kumusanganira. Ariko ba bakobwa b’abapfapfa nta mavuta
ahagije bari bafite bituma babwira bagenzi babo b’abanyabwenge bati
“Nimuduhe ku mavuta.”
Ibyo bibaho buri gihe. Abantu b’abapfapfa bahora bifuza gutunga
ibyo abanyabwenge babonye baruhiye. Akenshi iyo batabibonye
bakunze kwiririra no kwibabarira cyane. Hari igihe namaze imyaka
itanu mbabaye cyane kubera ko nari narahemukiwe bikabije nkiri
umwana muto. Kubera ko ibyo nashakaga byose atari ko nabibonaga,
38
NTA MUNTU UTANGIRIRA IKIVI KU MUSOZO WACYO, IGICE CYA 2
39
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
Oya pe! Nta bwo twese tunganya impano n’ubushobozi. Nta bwo
twese dushobora gukora ibintu bimwe, ariko twese dushobora kuba
icyo Imana yaduhamagariye kuba, umuntu ku giti cye. Ubwo Imana
yahaga Mose abayobozi bo kumufasha kuyobora abisiraheli, bamwe
muri abo bayobozi yagombaga gutegeka abantu ibihumbi, abandi
bagategeka amagana abandi bagategeka mirongo itanu abandi icumi.7
40
NTA MUNTU UTANGIRIRA IKIVI KU MUSOZO WACYO, IGICE CYA 2
41
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
42
UMUTWE WA 3
43
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
buryo mba nta nazi ibiziriho. Izo negatifu nta cyo ziba zimariye, kereka
ndamutse nzijyanye kuzihanagura zikavamo amafoto mazima naho
ubundi ziguma ari ibintu byadutwaye amafaranga n’igihe gusa.
44
GUTUZA BITANGA UBUSHOBOZI, IGICE CYA 1
Garagaza umutuzo
45
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
46
GUTUZA BITANGA UBUSHOBOZI, IGICE CYA 1
47
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
GUTUZA MU KUMVIRA
Niba wowe nanjye tugiye kujya tugira imitima ituje tugomba kujya
twumvira igihe cyose. Twaba twumva dukwiriye kubikora cyangwa
kutabikora.
Nta cyo nkuziho ariko jye nafashe icyemezo cyo kuzahora ndi
umuntu utuje. Nzahora nkora ibyo nemera ko Imana yambwiye gukora
yaba yabimbwiriye mu mutima wanjye cyangwa mu Ijambo ryayo.
48
GUTUZA BITANGA UBUSHOBOZI, IGICE CYA 1
49
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
50
GUTUZA BITANGA UBUSHOBOZI, IGICE CYA 1
51
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
Iyo dukomeje gutekereza ibyo umuntu akwiriye kubaka kugira ngo abe
umuyobozi mwiza, biratangaza kubona inshuro nyinshi abantu bakunze
kuvuga ku bushobozi umuntu akwiriye kuba afite bwo kuba arangwa
n’ikinyabupfura, no gutegeka ibitekerezo bye, n’amarangamutima ye.
Mu by’ukuri, ni ikintu cy’ingenzi kuba naranditse igitabo cyose kuri
iki kintu mu gitabo nise “Tegeka amrangamutima yawe.”5 Muri icyo
gitabo nsobanura ko kubera ko amarangamutima atazigera atuvamo,
tugomba kwiga kuyategeka aho kugira ngo abe ari yo adutegeka.
Duhora twifuza ko ibintu bitadushimishije byakwigira hirya yacu.
Iyo hari ikintu kiduteye, ingorane twifuza amasengesho no kubona
umuntu wakwirukana ibyo bintu mu buzima bwacu kugira ngo
bituveho.
Ku rundi ruhande ariko, Imana ishaka ko dukura tugasobanukirwa
ko muri ubu buzima bwacu hari ibintu bimwe na bimwe tugomba kwiga
kugenga no gutegeka ubwacu. Kimwe muri ibyo bintu ni ibitekerezo
byacu n’ibyo twibwira.
Dore urugero, kubera ko muri jye numva byanshimisha kugira
uwo nkubita ikofe cyangwa umutwe ntibivuga ko ngomba kwiha
uburenganzira bwo gukora ntyo. Si nshobora gukora ikintu cyose
numva nshaka.
Nta gihe kinini gishize, ubwo nabwiraga umugabo wanjye nti
“Dave uzi ukintu numva nshaka gukora? Nduma nshaka kuva mu rugo
nkigendera.”
Icyo gihe numvaga buri kintu cyose kibaho mu buzima cyarasaga
nk’aho kigiye kungwira. Mu biro hari ingorane, mu rugo hari ingorane,
aho nerekezaga amaso hose nabonaga ingorane. Byatumye ntekereza nti
ahari wenda uwakwigendera nkava hano. Numvaga nta muntu nshaka
ko amvugisha, numvaga nishakira kwigira ahantu abantu baho batanzi
cyangwa badashobora kumenya. Numvaga nshaka ko buri muntu uwo
ari we wese yandeka ukwanjye. Nifuzaga kuva mu rugo.
Ariko nasobanukiwe ko ntagomba guhunga urugo kubera ko
ntashoboraga kubikora.
52
GUTUZA BITANGA UBUSHOBOZI, IGICE CYA 1
53
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
BA INYANGAMUGAYO
54
GUTUZA BITANGA UBUSHOBOZI, IGICE CYA 1
55
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
56
GUTUZA BITANGA UBUSHOBOZI, IGICE CYA 1
Hari igihe Dave yajyaga ahanisha abana bacu igihano cyo kuguma
mu rugo ntibagire aho bajya nk’igihe cy’ibyumweru bibiri, maze
nabibona nkumva ari jye ahana Atari bo. Ubwo naramubwiraga nti
“Ariko ntibyaba byiza kurutaho turekeye aho kubaha amafaranga
twabageneraga cyangwa ikindi kintu? Kuko niba ari ngobwa ko bagiye
kumara ibyumweru bibiri ntaho bajya, wowe uzajya ujya gukora, ariko
jye bizaba ngombwa ko ngumana nabo hano mu rugo.
57
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
TSINDA IBIKUGERAGEZA
58
GUTUZA BITANGA UBUSHOBOZI, IGICE CYA 1
59
UMUTWE WA 4
T wabonye ko buri wese muri twe agomba kuba umuntu Imana yizera,
yiringira. Turamutse rero tutagira gutuza, ubwo ntituba tukibaye
abantu Imana ishobora kwiringira no kwizera. Yemwe n’abantu ni
uko.
Mu mirimo y’Imana dukora, mba nshaka ko abantu dukorana
bagomba gukora ibyo basabwa gukora, ni ukuvuga abantu bagarajwe
bagatsinda maze nganshobora kwizera ibyo bagiye gukora igihe icyo
ari cyo cyose.
Nk’urugero, igihe kimwe nari mfite gahunda yo kujya kuyobora
igiterane mu mujyi umwe munini. Ariko kubera ko byageze aho
urugendo rw’indege nari kugendamo rugasubikwa, jye n’itsinda
twari kujyana twahisemo gufata umuhanda tujyenda n’imodoka
maze tugera muri uwo mujyi hasigaye amasaha abiri yonyinye ngo
igiterane ngo gitangire. Hari ibintu byinshi byo gukora mu rwego
61
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
62
GUTUZA BITANGA UBUSHOBOZI, IGICE CYA 2
63
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
GUTUZA NI UKUDAHINDAGURIKA
Yesu kristo uko yari ari ejo, n’uyu munsi ni ko ari kandi ni
ko azahora iteka ryose.
Abaheburayo 13:8
64
GUTUZA BITANGA UBUSHOBOZI, IGICE CYA 2
Kuba tuzi ibi bintu si byo bituma cyangwa bizatuma ibyo bitekerezo
n’ibyiyumviro byacu bituvamo cyangwa bigenda. Ariko dufite
Imana ishoboye. Iyo tugeze ahantu twumva aho dushaka kurekeraho
gutegekwa ibyiyumviro byacu, tugomba kwizera ko Imana yiteguye
kudufasha gukura no gutegeka amarangamutima nk’uko Umwana
wayo Yesu yari ameze kandi akimeze.
65
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
66
GUTUZA BITANGA UBUSHOBOZI, IGICE CYA 2
Mbega ukuntu kumenya ko, nubwo ibindi bintu ibyo ari byo byose
kw’isi bishobora guhinduka, Imana yo itajya ihinduka bidusubizamo
n’umunezero. Ariko se ubundi byadushobokera bite kwizera no
kwiringira Imana nk’uko ibidushakaho niba tutemera cyangwa ko
Imana yo ihora ari iyo kwizerwa no ku buryo, uko byaba bimezee kose
ihora yiteguye kuza aho turi ngo idukemurire n’ibyifuzo byacu, nubwo
twe twaba tutiyumvisha neza uburyo yabikora, yabikoze cyangwa
izabikora?
67
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
68
GUTUZA BITANGA UBUSHOBOZI, IGICE CYA 2
Ubu nzi neza ko buri muntu uwo ari we wese ashobora guhinduka
kuko nanjye nabishoboye kandi nari naragize amahirwe make yo
kunyura mu bintu byatumye ngira ubuzima budatuje. Ngahora
mpindagurika. Ariko icyiza ni uko nakomeje kugenda ndushaho gutera
imbere muri iyo nzira kugeza ubu nkaba narabaye umuntu utuje. Icyo
ni ikintu kimwe Imana yifuza cyangwa ishaka kuri buri wese. Nta bwo
Imana ibona ko dushobora kubigeraho ijana ku ijana nyuma y’umunsi
umwe, ahubwo ishaka kudufasha kugenda turushaho gusa na yo umunsi
ku wundi.
IMANA NI URUTARE
Muri iki gice ndetse no bindi bice byo muri Bibiliya Imana yitwa
Urutare kubera ko ari Imana ikomeye kandi idahinduka cyangwa ngo
ihindagurike. Ntitinya ibiduhungisha. Ni ikintu gifatwa nk’igisanzwe
k’Umwana w’umuntu wambaye umubiri ahindagurika ariko Imana yo
ntihinduka; niba dushaka kuba abayobozi nyabo, dukwiriye gukurikiza
urugero rwayo.
URUTARE NK’ICYITEGEREZO
70
GUTUZA BITANGA UBUSHOBOZI, IGICE CYA 2
71
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
72
GUTUZA BITANGA UBUSHOBOZI, IGICE CYA 2
73
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
Bijya byoroha kwiringira Imana igihe ibintu ari byiza. Ariko n’iyo
ibintu bitangiye kugenda nabi tugafata icyemezo cyo kuyiringira, icyo
gihe tubona gukura muri twe.
74
GUTUZA BITANGA UBUSHOBOZI, IGICE CYA 2
Jye kuva kera nari umuntu uzi kuvuga. No ku ishuri nari nshoboye
kuvuga cyane ku buryo na mwarimu yari azi ko nabaga nzi ibintu byose
yigishaga kandi nta n’ikintu na kimwe nzi.
IBIHE BYOSE
75
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
resitora imwe ahantu abantu bageze kuri cumi na batanu bari kwakirwa.
Ariko tuhageze, tuhasanga uruvunganzoka rw’abantu. Tugeze aho
bakirira abantu baratubwira ngo “hano nta bwo tujya tubikira abantu
imyanya!”
Ntuzi se ukuntu ari ikintu gitangaje ukuntu iyo watuje ibyo wizera
Satani aza akaba ari byo akugerageresha.
76
GUTUZA BITANGA UBUSHOBOZI, IGICE CYA 2
Ese ibi bintu hari icyo byankozeho? Yego! Nta ho Bibiliya ivuga ko
icyaha gipfa. Ahubwo iravuga ngo kubera ko Kristu yapfuye kubera
ibyaha byacu dukwiriye natwe gupfa ku byaha.9 Niba dutegereje
ko ibyaha bizapfa tuzategereza icyo kintu igihe kirekire. Iyo mvuze
ngo “gutegereza ko icyaha kizapfa” mba nshaka kuvuga kutongera
kugeragezwa n’icyaha ukundi. Tuzahora tugeragezwa ni ko Bibiliya
ivuga. Ariko Yesu yigishije abigishwa be gusaba kutagwa mu cyaha
igihe cyabagezeho.10
77
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
78
IGICE CYA 2
UMUTIMA W’UMUYOBOZI
UMUTWE WA 5
81
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
82
IMIMERERE MIBI Y’UMUTIMA, IGICE CYA 1
83
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
84
IMIMERERE MIBI Y’UMUTIMA, IGICE CYA 1
85
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
86
IMIMERERE MIBI Y’UMUTIMA, IGICE CYA 1
87
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
IMIMERERE Y’UMUTIMA
88
IMIMERERE MIBI Y’UMUTIMA, IGICE CYA 1
89
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
1. Umutima ukiranirwa
Kandi Uwiteka abona yuko ingeso z’abantu zari mbi cyane
mu isi, kandi ko kwibwira kose imitima yabo itekereza ari
kubi gusa iteka ryose.
Uwiteka yicuza y’uko yaremye abantu mu isi bimutera
agahinda mu mutima.
Uwiteka aravuga ati, nzarimbura abantu naremye
mbatsembe mu isi uhereye ku muntu n’inyamaswa
n’amatungo n’ibikururuka n’inyoni n’ibisiga byo mu
kirere kuko nicujije yuko nabaremye. Ariko Nowa agirira
umugisha k’ Uwiteka.
Itangiriro 6:5-8
Muri iki gice turabonamo ibintu bitatu bivugwa ku bantu byababaje
Imana:gukiranirwa, ibitekerezo bibi no kwibwira ibibi. Kubera ko ibyo
bintu byerekanye ukuntu imitima y’abantu bo mu isi b’icyo gihe yari
iteye kutari kwiza, Imana yafashe icyemezo cyo kurimbura abantu
bose. Ariko Nowa we agirira umugisha k’Uwiteka.
Nowa agomba kuba yari umuntu ufite umutima utunganye, kuko iyo
bitaba ibyo aba yararimburanywe n’abo bantu bandi bose bariho muri
icyo gihe.
Ndibwira ko isomo dushobora gukura muri iyi nkuru ari uko abantu
benshi bo mu gihe cya none barimo kurimbuka nta kindi kibiteye
uretse gusa imitima yabo idatunganye. Nta bwo bitonda ngo babanze
basesengure neza ibiba biri mu bitekerezo byabo mbere y’uko batangira
kugira icyo bakora.
Ntibyatworohera kwiyumvisha uburyo byaba byiza iyaba
twatunganyaga imitima imbere, tugakora ibyo Imana ishaka. Imitima
ishobora kuba itarimo ibitekerezo bibi, nk’iby’abantu bo mu gihe
cya Nowa ariko kugira umutima ukiranirwa ushobora kurangwa no
kugira ibitekerezo bitari byiza bishobora gufatwa nk’ibyiyumviro
n’ibitekerezo bibi. Iyo ni yo mpamvu dukwiriye kugira imimerere
myiza kuko imyifatire nk’iyo ari yo ibindi byose dukora bishingiyeho.
90
IMIMERERE MIBI Y’UMUTIMA, IGICE CYA 1
Iyo umuntu afite muri we imitekerereze ifata ibintu uko bitari cyangwa
uko bitakabaye biri cyangwa akagira muri we ibitekerezo byinshi “bibi
cyane” aba ntaho azigeza mu buzima bwe.
2. Umutima winangiye
91
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
92
IMIMERERE MIBI Y’UMUTIMA, IGICE CYA 1
93
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
94
IMIMERERE MIBI Y’UMUTIMA, IGICE CYA 1
Hari ikintu kimwe cy’ukuri. Nta bwo dushobora kugera aho twifuza
kugera no kuba icyo dushaka kuba cyo iyo twanze kwemera aho turi
muri iki gihe aho ariho n’uko hateye. Amacenga no kwibeshyera,
kugaragaza ibintu uko bitari ku mutima, ndetse no gushaka kwerekana
ko hari icyo dufite kandi mu by’ukuri nta cyo dufite, nta cyo bishobora
kutugezaho. Ukuri ni ko konyine gushobora kutubatura10
Niba hari ingorane cyangwa ibikugoye ugira aha hantu, saba Imana
imbabazi, maze uyinginge ikweze. Uyisabe kuguhindura umuntu
yishimira.
4. Umutima wohejwe
Mwirinde imitima yanyu itoshywa mugateshuka,
mugakorera izindi mana mukazikubita imbere,
mukikongereza uburakari bw’Uwiteka, akaziba ijuru, akica
imvura ubutaka ntibwere imyaka yabwo, mukarimbuka
vuba mukava mu gihugu cyiza Uwiteka abaha.
Gutegekwa kwa kabiri 11:16,17
95
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
96
IMIMERERE MIBI Y’UMUTIMA, IGICE CYA 1
kugwa mu moshya ari na byo Yesu yavugaga muri Yohana 8:31-32 ati:
Nuko Yesu abwira abayuda bamwemeye ati “Nimugume mu ijambo
ryanjye muzaba abigishwa banjye nyakuri. Namwe muzamenya ukuri
kandi ukuri kuzababatura.”
Ni tutita ku ijambo ry’Imana nkuko bikwiriye ngo turikurikize,
tuzagira ingorane muri iyi minsi ya nyuma. Nta bwo kurivuga ku
rurimi gusa ritavuye k’umutima bizadufasha kunyura no gutsinda ibyo
tuzahura na byo muri iyi minsi ya nyuma. Tugomba rero kwita cyane
ku kwiga no gusobanukirwa Ijambo ry’Imana.
Kuko iyo tuzi neza Ijambo ry’Imana tukanarikurikiza, Imana na yo
iraturinda ikaduhora hafi ikatwitaho. Naho ubundi tuzajya twisanga
twagushijwe mu moshya n’ibidushuka.
Ntuzakore ikosa ngo wibeshye ko twese tuba dukwiriye gusenga ngo
tutajya mu moshya ahubwo tugomba gusenga ngo dusobanukirwe ahantu
aho ariho hose amoshya ashobora kudutera aturutse. Iyo twemeye kandi
tukizera amoshya nk’ikintu cy’ukuri burya tuba dushutswe birangiye.
Satani ahora atubwira ibinyoma. Iyo rero tutabifitiye ubumenyi
buhagije kw’Ijambo ry’Imana nta nubwo tunamenya cyangwa ngo
dusobanukirwe ibinyoma bya Satani. Abantu bamwe na bamwe ni bo
bishuka kubera gutegereza mu buryo butandukanye n’ukuri.11
Mu buzima bwanjye, ntariyegurira ubushake bw’Imana, hari igihe
Imana yanshyiraga ku mutima ko nagombaga gutanga ikintu runaka
ariko jye nkumva nshaka kukigumana. Gukora amakosa byagiye
binyigisha ko byari ibintu byoroshye cyane kuri jye kwibwira ibitari
byo no kwibeshya igihe cyose Imana yansabaga kwikuraho ikintu
runaka. Dukunze gutanga inzitwazo z’ubwoko butandukanye zirimo
no kujijisha tuvuga tuti wenda nta nubwo ari Imana yavuganaga natwe,
ko ahari byaba binashoboka ko ari Satani wageragezaga kutubabaza
adusaba kwikuraho ibintu dufata nk’iby’agaciro kuri twe. Dushobora
kuba abantu “b’ibipfamatwi mu buryo bw’ mwuka” ntitwumve ijwi
ry’Imana igihe itubwiye ikintu tudashaka kumva.
Umutima wuzuye amoshya nta cyo umarira abayobozi cyangwa
n’abandi bose bagamije kugira ubuzima n’imibereho byuzuye insinzi.
97
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
5. Umutima wibona
Ugimika akagira umutima wibona sinzamwihanganira.
Zaburi 101:5
Mbese hari igihe Imana yigeze ivugana nawe cyangwa igira icyo
ikora kubera kwibona kwawe?
98
IMIMERERE MIBI Y’UMUTIMA, IGICE CYA 1
99
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
100
IMIMERERE MIBI Y’UMUTIMA, IGICE CYA 1
101
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
6. Umutima wiyemera.
102
IMIMERERE MIBI Y’UMUTIMA, IGICE CYA 1
7. Umutima w’uburyarya
103
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
104
IMIMERERE MIBI Y’UMUTIMA, IGICE CYA 1
105
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
106
IMIMERERE MIBI Y’UMUTIMA, IGICE CYA 1
8. Umutima unegurana
Maze ukavuga uti “Ayiwe, ko nanze kwigishwa no
kwitwara neza kandi umutima wanjye ukaba warasuzuguye
guhanwa.”
Imigani 5:12
107
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
108
IMIMERERE MIBI Y’UMUTIMA, IGICE CYA 1
109
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
110
UMUTWE WA 6
Umutima uteye utya ushobora kuba ari umwe mu mitima mibi cyane
kurusha iyindi. Kubera ko Bibiliya itubwira ku buryo busobanutse neza
ko niba tudashobora kubabarira abandi, natwe Imana itazatubabarira.1
Iyo tutabarira abandi kwizera kwacu kuba kudakora. Kandi ikintu
cyose kiva ku Mana kizanwa no kwizera. Iyo rero kwizera kudakora
tuba dufite ibibazo bikomeye cyane.
Ibyo natwe twese uko tungana bijya bitubaho rimwe na rimwe. Ariko
iyo bitubayeho, ndatekereza ko biba ari kimwe mu bigeragezo tugomba
gutsinda, kugira ngo tuboneke nk’abantu biteguye neza kuba abayobozi.
Icyo kigeragezo cyafatwa nk’ikizamini cyo gushaka kumenya ko
dushobora kubabarira tukaba tuzakivugaho mu mpapuro z’inyuma.
Abantu bazagenda batubabaza badukomeretsa ndetse banatugirira
nabi uko iminsi izagenda ihita, ariko tuba tugomba kubabarira niba
dushaka gukuzwa tukagera ku rwego Imana iduteganyiriza rusumbye
aho turi ubu. “Ariko ibi ni akarengane,” tugasakuza tugatera hejuru
turira. Tugomba kumenya ko dukorera Imana idaca urwakibera.
Yadusezeranije kuzatwishyura ibyo twabuze no gutuma ibintu byose
bitugendekera neza nta kintu bidusabye gukora uretse kumwiringira
kandi ntitugerageze kugira icyo tugeraho twizeye imbaraga z’amaboko
yacu.
113
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
114
IMIMERERE MIBI Y’UMUTIMA, IGICE CYA 2
Njye mfite ubwoba ko iyo aba ari jye biriya bintu byabayeho mba
narageragejwe n’umwanzi nkatora ibuye hasi nkaribatera. Ariko ibyo
si byo Sitefano yakoze. Yababariye abamugiriraga nabi bamubabaza
birenze urugero ndetse arabasengera akoresheje amagambo akomeye
cyane ati “Bababarire Mwami kuko batazi ibyo bakora.”
115
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
116
IMIMERERE MIBI Y’UMUTIMA, IGICE CYA 2
117
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
Igihe kimwe umugore yaje aho ndi nyuma y’uko twari turangije
amateraniro kandi nkaba nari nayavuzemo ukuntu nabonaga
umugore cyangwa umukobwa wubaha Imana akwiriye kwambara
maze arambwira ati “Ndumva rwose hari ikintu Imana ishakaho ko
tuganiraho.” Naramubajije nti “Ni iki?” Yaravuze ati “Urabizi se?
Ndabizi ko wenda utabibona neza ariko imyenda wambara yose isa
n’aho ijya kukubaho mito cyane.” Nitegereje uwo mugore maze
ndatekereza nti uyu mugore aribwira ko ibi yabibwiwe n’Imana.
“Ariko se umuntu yamenya ate ko atari yo yamubwiye?” Umuntu wese
yakwibaza icyo kibazo.
118
IMIMERERE MIBI Y’UMUTIMA, IGICE CYA 2
119
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
120
IMIMERERE MIBI Y’UMUTIMA, IGICE CYA 2
121
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
122
IMIMERERE MIBI Y’UMUTIMA, IGICE CYA 2
123
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
cy’ingenzi cyanjye cyari uko nari mfite imutima ibiri. Kandi igihe
cyose nagombaga kumara ngifite imitima ibiri, nta amahoro yo mu
mutima nari kubona.
Muri Yakobo 1:8 tuhasoma umuntu wari ufite imitima ibiri akaba
yararangwaga no guhora ashidikanya. Bibiliya yitwa King James
Version iravuga ngo “Umuntu w’imitima ibiri anamuka mu nzira ze
zose.”
124
IMIMERERE MIBI Y’UMUTIMA, IGICE CYA 2
125
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
126
IMIMERERE MIBI Y’UMUTIMA, IGICE CYA 2
127
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
128
IMIMERERE MIBI Y’UMUTIMA, IGICE CYA 2
129
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
Aha ngaha Imana iratubwira iti “Niba hari uwo muri mwe ufite
umutima ucogoye, nta bwo azashobora guhagarara imbere y’umwanzi
ngo amurwanye kugeza amutsinze.”
130
IMIMERERE MIBI Y’UMUTIMA, IGICE CYA 2
131
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
132
IMIMERERE MIBI Y’UMUTIMA, IGICE CYA 2
133
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
Abayobozi burya ntibavuka ari bo. Njye nemera ko hari igituma baba
bo, hari ikibubaremamo. Njye nawe dushobora kuba twaravukanye
ubushobozi bwazadushoboza kubabo ariko ubwo bushobozi bugomba
gutezwa imbere. Umubiri ugomba kubambwa. Tugomba guhinduka
tukagira ishusho y’Umwami Yesu nk’uko tubisoma mu Baroma 8:29
aho tubwirwa ko Imana ari yo yahisemo kera ko twagombaga kuba
abantu bafite ishusho y’umwana wayo Yesu.
134
UMUTWE WA 7
135
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
Muri Ezekiyeli 25:15-17 dusoma icyo Imana ivuga kuri iki kintu.
Uku ni ko Umwami Uwiteka avuga ngo “Kuko abafilisitiya bakurikije
ibyo guhora, bagahora bafite umutima w’urugomo rw’iteka ryose,
ni cyo gituma Umwami Uwiteka avuga ati:Dore Abafilisitiya ngiye
kubaramburiraho ukuboko kwanjye, n’Abakereti mbatsembeho,
ndimbure n’abasigaye mu kibaya cy’inyanja. Kandi nzabasohozaho
136
IMIMERERE MIBI Y’UMUTIMA, IGICE CYA 3
137
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
138
IMIMERERE MIBI Y’UMUTIMA, IGICE CYA 3
139
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
140
IMIMERERE MIBI Y’UMUTIMA, IGICE CYA 3
141
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
142
IMIMERERE MIBI Y’UMUTIMA, IGICE CYA 3
143
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
144
IMIMERERE MIBI Y’UMUTIMA, IGICE CYA 3
Ikintu cyaje kunkiza iryo shyari n’uko kwifuza kubi, ni uko nageze
aho ngasobanukirwa ko Imana yari ifite gahunda yayo yihariye kuri
jye, nk’uko umudozi adodera umuntu umwe gusa umwenda we bwite
umubereye wenyine. Nta bwo rwose ari ngombwa ko nigereranya n’undi
muntu uwo ari we wese. Nta bwo ngomba kujya mu marushanwa n’indi
miryango y’ivugabutumwa. Ikintu ngomba gukora gusa ni ukuvuga
nti “Mana ndashaka ubushake bwawe ku bugingo bwanjye. Ibihe
byanjye biri mu maboko yanjye. Ibyo unshoboza ko nshaka gukora.
Ibyo abandi bakora ntibindeba. Ibyo ngomba gukora abe ri byo ushaka
ko nkora gusa.” Nta kintu kibabaza cyane nko guhirimbanira kubona
ibintu Imana itatugeneye, cyangwa kugerageza gukora ibintu Imana
itarabihaye umugisha.
145
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
146
IMIMERERE MIBI Y’UMUTIMA, IGICE CYA 3
Ibyo ni uko bihora bigenda uko ibihe bigenda biha ibindi. Abantu
ntibakangwa n’urwego bashobora kuba bariho, bahora bifuza kubona no
kugira ikindi kintu badasanganywe. Bahora bavugira mu matamatama,
bitotombera Imana kubera ibyo bintu bifuza. Hanyuma baba bakimara
kubibona bakongera bakitotomba kubera ko hari ikindi kintu bifuza.
147
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
148
IMIMERERE MIBI Y’UMUTIMA, IGICE CYA 3
149
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
150
UMUTWE WA 8
1. Umutima ukunze
Muri iyi myaka mike maze muri uyu muryango, nagiye nyura mu
bintu byinshi bibi. Ye, nagize umuhamagaro ku bugingo bwanjye ariko
hagombaga no kugira ikindi kintu ngira cyiyongereye ku muhamagaro,
nagombaga kugira ubushake.
152
IMIMERERE Y’UMUTIMA UTUNGANYE, IGICE CYA 1
153
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
154
IMIMERERE Y’UMUTIMA UTUNGANYE, IGICE CYA 1
Mbese aho waba uzi icyo kugira “ubushake” bwo ku rwego rwo
hejuru bishobora gukora ku byerekeranye no gutanga. Iyo twumva
muri twe harimo ubushake bwo gutanga bufite imbaraga, ntidushobora
kubura uko tubigenza, ntitwabura icyo twakora, ariko tukabona ikintu
cyo gutanga.
155
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
Niba ari uko tumeze, ubwo Imana ibyanga ite? Twe dushobora
kwishushanya imbere y’abantu ariko ntidushora guhisha Imana imitima
yacu. Dushobora rero gutangira gukorana ibintu ubushake n’umutima
ukunze, cyangwa tugasaba Imana ikaduha umutima ukunze kugira
ngo tujye dukora ibintu tubikuye ku mutima. Dushobora gusenga ngo
“Mana mfasha kugira ngo nemere kugira umutima ukunze – kubera ko
jye ntabishoboye rwose.” Imana igenzura imimerere y’imitima yacu,
icyo tuyikorera cyose tugomba kugikorana umutima ukunze.
156
IMIMERERE Y’UMUTIMA UTUNGANYE, IGICE CYA 1
Ikintu cyose dukoreye abandi- cyane cyane cya kindi dukora twumva
nta n’inyungu tubifitemo, tukabikora gusa kuko tugomba kubikora, kandi
tukabikorana umutima mwiza- binezeza Imana. Icy’ingenzi ni ukumenya
ko ikintu cyose dukoreye Imana, Ishaka ko tugikorana umutima ukunze.
Niba tudashoboye kubikora gutyo, byaba byiza tubiretse rwose. Sinizera
ko hari ingororano tuba dukwiye gutegereza igihe twakoze ibintu
n’umutima mubi.
157
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
158
IMIMERERE Y’UMUTIMA UTUNGANYE, IGICE CYA 1
159
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
Abantu bubatse ubuturo bwera bari bafite imitima iku nze, bagiriraga
ishyaka umurimo w’Imana. Ushobora gutekereza ngo “Iyaba nari
nishimye, ariko sinishimye nk’uko mbishaka. Ndashaka kumenya
uburyo nakwiyumvamo ishyaka.”
160
IMIMERERE Y’UMUTIMA UTUNGANYE, IGICE CYA 1
161
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
3. Umutima w’ubwenge
Kandi uzabwira abahanga bose nujuje umwuka w’ubwenge
babohe imyambaro ya Aroni…
Kuva 28:3
162
IMIMERERE Y’UMUTIMA UTUNGANYE, IGICE CYA 1
163
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
164
IMIMERERE Y’UMUTIMA UTUNGANYE, IGICE CYA 1
umwami8 ariko yajyanywe mu rugo kwa Sawuli kugira ngo afate andi
mahugurwa kandi yigishwe gucishwa bugufi mu buryo bw’umubiri.
4. Umutima utunganye
165
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
Bibiliya yiswe iya King James, ivuga muri uyu murongo ko Imana
yita ku bafite imitima itunganye. Kugira umutima utunganye bivuga
iki? Ni ukugira icyifuzo mu mutima cyo kugira imirimo myiza kandi
inezeza Imana. Umuntu ufite umutima utunganye aba akunda Imana
by’ukuri nubwo we ubwe yaba adatunganye. Ashobora kuba agifite
ibintu byo mu migirire ye bitaratunganywa agihanganye nabyo.
166
IMIMERERE Y’UMUTIMA UTUNGANYE, IGICE CYA 1
5. Umutima w’imbabazi
167
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
6. Umutima ukiranuka
168
IMIMERERE Y’UMUTIMA UTUNGANYE, IGICE CYA 1
Niba tuvuze ko hari aho tugiye kujya mu kanya kari imbere, tugomba
kuba aho hantu kandi ku isaha. Biratangaje kubona ko abantu benshi
batari abo kwizigirwa. Ntibashobora kubarirwa mu bantu bakora ibyo
biyemeje kandi bavuze cyangwa kuboneka aho biyemeje kuzaboneka.
169
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
170
IMIMERERE Y’UMUTIMA UTUNGANYE, IGICE CYA 1
171
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
8. Umutima wiyizeye
172
IMIMERERE Y’UMUTIMA UTUNGANYE, IGICE CYA 1
173
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
174
IMIMERERE Y’UMUTIMA UTUNGANYE, IGICE CYA 1
175
UMUTWE WA 9
9. Umutima unezerewe
Umutima unezerewe ni umuti mwiza, ariko umutima
ubabaye umutera konda.
Imigani 17:22
177
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
178
IMIMERERE Y’UMUTIMA UTUNGANYE, IGICE CYA 2
179
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
180
IMIMERERE Y’UMUTIMA UTUNGANYE, IGICE CYA 2
181
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
182
IMIMERERE Y’UMUTIMA UTUNGANYE, IGICE CYA 2
183
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
184
IMIMERERE Y’UMUTIMA UTUNGANYE, IGICE CYA 2
185
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
Imana ifite umugambi kuri buri wese muri twe. Irashaka ko twese
twishimira ubuzima yaduhaye. Ibyerekeye intumbero zacu twiha, ibyo
bishobora kunyurana nk’uko abantu na bo bazishyiraho banyuranye
n’uko ibihe bigenda bikurikirana mu buzima. Mu ikubitiro, umugambi
wacu ugomba kuba uwo kubaka urugo no kurera abana bacu. Uwo
ni wo muhamagaro mukuru. Iyo abana bacu bamaze gukura, tuba
tugomba kwimuka tujyana abantu ku Mana binyuze mu masengesho
no guhimbaza. Icyo twakora cyose, tugomba kugikora twagikoreye
186
IMIMERERE Y’UMUTIMA UTUNGANYE, IGICE CYA 2
187
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
Umwari Mariya yari afite ibintu byiza byaberaga imbere muri we.
Yari inkumi nziza yubahaga Imana ku buryo malayika yamugendereye
akamubwira ko azabyara Umwana w’Imana. Ashobora kuba yaratangiye
gutekereza kuri Yosefu bari bagiye gushyingiranwa, ashobora kuba
yarahise atekereza ku babyeyi be, uko yari kuzababwira n’uko bari
kuzabifata, yahise yibaza niba hari umuntu ushobora kuzemera iyo
nkuru.
188
IMIMERERE Y’UMUTIMA UTUNGANYE, IGICE CYA 2
189
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
190
IMIMERERE Y’UMUTIMA UTUNGANYE, IGICE CYA 2
191
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
192
IMIMERERE Y’UMUTIMA UTUNGANYE, IGICE CYA 2
193
UMUTWE WA 10
195
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
196
IMIMERERE Y’UMUTIMA UTUNGANYE, IGICE CYA 3
197
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
198
IMIMERERE Y’UMUTIMA UTUNGANYE, IGICE CYA 3
199
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
200
IMIMERERE Y’UMUTIMA UTUNGANYE, IGICE CYA 3
201
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
202
IMIMERERE Y’UMUTIMA UTUNGANYE, IGICE CYA 3
203
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
204
IMIMERERE Y’UMUTIMA UTUNGANYE, IGICE CYA 3
205
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
Hari icyo tugomba gukora kugira ngo tugire imitima iboneye kandi
ibyo bifite n’ingororano yabyo. Ntitukagire ubwoba bwo gukora icyo
Imana idusaba kugira ngo ibashe gukora ibikomeye muri twe. Twebwe
ntitugategereze gusa icyo Imana izatuzanira nta ruhare tubigizemo,
ahubwo nidutunganye uruhare rwacu idusaba, Imana izatwitaho kandi
iduhe umugisha.
206
IMIMERERE Y’UMUTIMA UTUNGANYE, IGICE CYA 3
Nk’uko tuza kubibona, hari ibintu biba muri twe tutajya tumenya
ko birimo kugeza ubwo Imana ubwayo ibishyira hanze ngo bibashe
gukosorwa. Ukugeragezwa kuduhishurira aho tudatunganye kugira ngo
dufashijwe n’Umwuka Wera tubashe kuhakosora. Mu igeragezwa ni
ho Imana igaragariza umutima tugomba kugira muri twe nk’abayobozi
yitoranirije.
207
IGICE CYA 3
K����������
UGERAGEZWA
K’UMUTIMA W’UMUYOBOZI
UMUTWE WA 11
Zaburi 7:9
Hari ibintu byinshi duhura na byo buri munsi bigamije gusa kutubera
nk’ikigeragezo. Nk’urugero, hari ubwo tuba tugomba gutegereza mbere
y’uko tubona icyicaro aho tugiye gufungurira (Restaurant), bityo tukaza
gufata amafunguro atameze neza, icyo ni ikigeragezo. Hari nk’ubwo
waba witegura guhagarika imodoka yawe mu mwanya runaka uri
muri Parikingi undi muntu agaturuka inyuma agahita ahagarara aho
nawe witeguraga gushyira imodoka yawe, icyo ni ikigeragezo. Iyo
umukoresha wawe agutegetse gukora ikintu runaka wumvaga utakora,
icyo n’ikigeragezo.
212
KUGERAGEZWA K’UMUYOBOZI, IGICE CYA 1
Muri 1 Petero 1:6,7 Petero aratubwira ati “Ni cyo gituma mwishima,
nubwo ahari mu kwiriye kumara igihe gito mubabazwa n’ibigeragezo
byinshi kugira ngo kwizera kwanyu kugaragare ko kurusha izahabu
igiciro cyinshi (kandi izahabu nubwo ishira igeragereshwa umuriro),
kandi kugira ngo kwizera kwanyu kugaragare ko ari uk’ukuri,
amaherezo kuzabahesha ishimwe n’ubwiza n’icyubahiro ubwo Yesu
Kristo azahishurwa.”
213
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
214
KUGERAGEZWA K’UMUYOBOZI, IGICE CYA 1
215
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
216
KUGERAGEZWA K’UMUYOBOZI, IGICE CYA 1
Niba muri uyu mwanya wumva uri mu gihe nta kintu na kimwe
mu buzima bwawe usobanukiwe, izere Imana gusa. Ibwire uti “Iki
gishobora kuba ni ikigeragezo.”
Hari ubwo numva binteye ubwoba nkumva navuga nti “Gira icyo
umbwira Mana.” Ariko nize ko iyo itagize icyo imbwira, nkwiriye
gukomeza gukora ikintu cya nyuma iheruka kumbwira, icyo ari cyo
cyose, kandi ngakomeza kuyizera. Hashobora gushira imyaka itanu
itaragira ikindi cyerekezo impa. Iyo igize ikindi imbwira, ubwo
ndagikora. Ariko itarakimbwira, nkomeza gukora icyo yamaze
kumbwira.
217
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
218
KUGERAGEZWA K’UMUYOBOZI, IGICE CYA 1
Muri Yohana 15:5, Yesu yaravuze ati “Ni njye muzabibu namwe
muri amashami. Uguma muri jye nanjye nkaguma muri we, uwo n we
wera imbuto nyinshi, kuko ari nta cyo mubasha gukora mutamfite.”
Ni gute rero Imana itugerageza muri uru rwego rwo gutekanira muri
yo?
219
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
220
KUGERAGEZWA K’UMUYOBOZI, IGICE CYA 1
NI IKI WISHINGIKIRIJEHO?
221
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
222
KUGERAGEZWA K’UMUYOBOZI, IGICE CYA 1
223
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
224
KUGERAGEZWA K’UMUYOBOZI, IGICE CYA 1
225
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
226
KUGERAGEZWA K’UMUYOBOZI, IGICE CYA 1
227
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
228
KUGERAGEZWA K’UMUYOBOZI, IGICE CYA 1
HITAMO NEZA
229
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
Ibyo si byo mvuga. Nkunda abantu, kandi ndabizera. Nta bwo mba
mu buzima bwo gukeka buri wese duhuye. Ariko na none nta bwo mu
buzima nizera ko hatagira umuntu umpemukira. Kuko nzi neza ko na
bo ari inyama n’amaraso nkanjye, bisobanuye ko bashobora kuneshwa
nk’uko nanjye neshwa. Bityo, nta bwo nizera abantu ahubwo inshuti
inyegera cyane kundutira n’umvandimwe.11 Mba nzi icyo azakora, ariko
nta bwo mba nzi icyo abandi bantu bazakora. Bashobora kugukunda
muri iki cyumweru, mu gikurikira bakakwanga.
Muri icyo gihe mba numva navuga nti “Ni ukuri, tugomba kuba
twataye Imana.” Ariko Dave akomeza iteka kumbwira ati “Oya, kuba
bibaye bitya nta bwo bisobanura ko tubuze Imana. Imana iha abantu
amahirwe. Uko bakoresha ayo mahirwe ni ibyabo.”
Bityo rero, na Yesu yari azi ubushobozi Yuda afite bwo gukora nabi,
ariko yamuhaye amahirwe ngo yihitiremo ubwe kugira ngo arebe niba
ashobora guhindura agakora ibyiza.
230
KUGERAGEZWA K’UMUYOBOZI, IGICE CYA 1
231
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
Dave ashobora kumara amezi n’amezi nta kintu na kimwe arakora ngo
kindakaze, ariko rimwe Satani akaba yashaka kumbona amunyuzemo.
Nubwo ibyo bintu biba bisa nk’aho byamaze gupfa bikanahambwa, ni
nk’aho biba bizutse bigatangira bikandakaza na none.
Kimwe mu bintu bijya bimbangamira kuri Dave, nawe arabizi, ni
uko aba ashaka ibisobanuro byinshi, kandi njye nifuza kuvuga make
gusa. Bityo, iyo ntangiye kumubwira inkuru, arampagarika akankosora.
Iyo ndimo kuvuga nta bwo mba nshaka ko hagira unca mu ijambo, mba
nifuza ko abantu bantega amatwi bakumva icyo mvuga. Iyo natangiye,
mba nshaka gukomeza. Nabigira ntyo, Dave akaba aravuze ati “Oya,
si uko byagenze.” Ubwo agasubira inyuma akavuga ibindi byinshi
byerekeye iyo nkuru kandi njye nabonaga ko bitari ngombwa.
Nshobora kurangiza inkuru zigera kuri enye we agikurikirana utuntu
duto duto two mu gice cya mbere cy’inkuru ya mbere.
Ni jye uri mu kuri cyangwa ni Dave? Mu kuri, nta n’umwe muri twe
ufite ukuri cyangwa ufite amakosa, ahubwo gusa turatandukanye. Buri
wese afite ibyo ashoboye n’ibyo adashoboye, ni uko Satani agafatira
kuri izo ntege nke ngo azane intambara kuri twe no ku bandi.
Mu nkuru iri muri Yohana 12, turabona ko igihe cyari cyegereje ngo
Yesu apfire ku musaraba ku bw’ibyaha byacu. Mu kanya gato, Satani
atangira kuririra ku ntege nke za Yuda ku byerekeye amafaranga, ngo
abone uko amukoresha mu kubabaza Yesu.12
Dukwiriye kumenya ko iyo Imana igira ngo ituzamure mu ntera,
hazaba ubwo Satani azabyitambikamo agira ngo aduhagarike. Kenshi
na kenshi ibi biba iyo uw’ingenzi mu migisha yacu wari hafi kutuzaho.
Satani azadutera kugaragaza umwifato mubi no kwitwara nabi kugira
ngo Imana ivuge iti “Ndabona utaritegura neza, ubwo rero haracyari
urugendo.”
Twagenza dute mu gihe ibyo bibaye?
Bikunkumurire hasi.
Dushobora kurira tugataka ngo ni uko twagambaniwe, ariko ibyo
232
KUGERAGEZWA K’UMUYOBOZI, IGICE CYA 1
233
UMUTWE WA 12
5. Ikigeragezo cy’imbabazi
Yobu 42:10
235
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
Nta bwo hano ndi buvuge cyane kuri iki kigeragezo kuko twamaze
kukivugaho mu bindi bice by’iki gitabo. Twabonye abantu bazwi cyane
muri Bibiliya bababariye abandi: Mose, Pawulo, Yozefu, Sitefano, Yesu
n’abandi. Ariko nderekana uko muri Yobu 42:7-10 dusanga ko Yobu
yasabiye inshuti ze zitigeze zimuba hafi mu mibabaro yagize ubwo
ibye byose byamushiragaho, ahubwo zikamucira imanza, zikanavuga
ko ari mubi. Icyavuye muri uko kubasabira no kubababarira ni uko
Imana yamuhaye umugisha wikubye kabiri.
236
KUGERAGEZWA K’UMUYOBOZI, IGICE CYA 2
Kugira ngo mbereke neza uko nari meze reka mbabwire ibibazo
bimwe nagiraga. Nta cyo nari nzi cyerekeye imico y’umuntu,
ubunyangamugayo, gukura, gukora byiza, ibintu bitangwa n’Umwuka.
Ibi byose byari nk’ibintu by’ibinyamahanga kuri jye. Ni yo mpamvu
kimwe mu byo Imana yakoze ari ukunshyira hagati y’abantu bashobora
gutuma ngaragaza uburakari.
By’ukuri ari Dave ari jye ntawe ufite ukuri. Nasaga n’uri imbere
y’Imana, Dave nawe ari inyuma yayo. Imana yagombaga gukora ku
buryo igira ahantu runaka idushyira duhurira.
Iyo Imana iba itarampaye Dave ngo ambere umugabo, nta bwo
nari kubishobora kuko nta wari gutuma bimbaho. Yarankunze gusa
nta kindi ahereyeho kandi uko narushagaho kugira ikibi kinturutseho,
ni ko yarushagaho kunkunda. Yashoboraga kuba yanseka. Hari ubwo
nahindukaga mu kanya gato nkijima, hanyuma akavuga ati “Yee, uriya
ni wa muriro wa kera mu maso ye.” Mu gihe cyashize yigeze kumbwira
ati “Nshuti yanjye icyo nzi neza ni uko ntigeze ngira ikibazo ntewe
n’uko nagushatse.”
237
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
Turi kwiga uko twakunda utari uwo gukundwa. Ubutaha ubwo uzaba
ugoswe n’umuntu ushaka kukurakaza uzibwire mu mutima uti “Wigira
ikibazo, wa mubiri we. Iki ni ikigeragezo gusa.” Uzagikunkumurire
hasi ukomeze.
238
KUGERAGEZWA K’UMUYOBOZI, IGICE CYA 2
7. Ikigeragezo cy’igihe
239
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
neza. Dushatse igihe cyacu nk’uko Bibiliya ivuga, tubona gusa “mu
gihe cyagenw,” “igihe nigisohora,” “mu gihe gikwiriye.” Kenshi
iyo ntegereje igisubizo cy’Imana ku kibazo runaka maze ngatangira
kumva ncitse intege kuko itinze gusubiza, hagira umuntu uza akampa
umurongo nk’uyu. Numva binshubijemo imbaraga, ariko singira
icyo menya cyane kuko igihe gikwiriye ari cyo Imana iba izi ko ari
icy’ukuri.
240
KUGERAGEZWA K’UMUYOBOZI, IGICE CYA 2
GUKURA MU KWIZERA
241
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
242
KUGERAGEZWA K’UMUYOBOZI, IGICE CYA 2
ari uko biri, hashira imyaka itandatu. Hanyuma igihe kiragera inzira
iraboneka, ibintu bitangira kuba byiza. Dutangira kurumbukirwa,
buhoro buhoro Imana itumenaho imigisha mu buryo bw’ubutunzi
bw’amafaranga.
Ubu iyo nshubije amaso inyuma nkibuka icyo gihe ni bwo menya
neza impamvu byari ngombwa ko tugicamo. Mba nshobora nte kwizera
ku byo nkenera ubu ngo nkore uyu murimo mpuzamahanga iyo mba
ntarabanje kugira kwizera ku tuntu duto two mu ngo? Impamvu yari
yatumye ntizera Imana kuri utwo tuntu duto, ni uko buri gihe nabaga
nshoboye kutwigurira ubwanjye. Bityo, kugira ngo nigishwe kwizera
k’ukuri, Imana yagombaga kureka nkabeshwaho na yo yonyine.
Niba hari igihe kigoye urimo muri iki gihe, gishobora kuba ari igihe
cyo kugeragezwa. Niba ari uko biri, iyemeze kuguma mu kwizera,
wiringiye ko Imana izagukiza ku isaha yayo.
243
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
244
KUGERAGEZWA K’UMUYOBOZI, IGICE CYA 2
245
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
246
KUGERAGEZWA K’UMUYOBOZI, IGICE CYA 2
Iyo Imana isize umuntu nta bwo cyane cyane iba imusigiye kuba
icyamamare. Ahubwo iba isigiye uwo muntu kuba umugaragu w’abandi
kimwe na Yesu umwana wayo.
247
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
Bikunkumurire hasi!
248
KUGERAGEZWA K’UMUYOBOZI, IGICE CYA 2
Ngitangira uyu murimo wanjye nacitse intege cyane. Nta bwo ibyo
bigikunda kumbaho ubu, ariko hari ubwo rimwe na rimwe ndwana
n’ibicantege, nk’undi wese.
249
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
250
UMUTWE WA� 13
Nzi icyo ubwoba bwinshi ari cyo kuko namaze imyaka myinshi mfite
ubwoba. Nta cyo nari nzi cyerekeye ubuntu bw’Imana. Ubwo ni bwo
nasobanukiwe ko iyo ngize ubwoba, akenshi ari uko mba nigeragereza
ngo mbone ikintu runaka aho gutegereza Imana ngo abe ari yo ituma
kiboneka. Iyo mfashwe nubwoba, ni ikimenyestso cy’uko ndi gukora
nk’uwihagije cyangwa icyigenge. Kugira ngo dutsinde ikigeragezo
cy’ubwoba, tugomba kureka kandi tukizera Imana akaba ari yo, ikora
icyo ishobora gukora. Tugomba kureka Imana ikaba Imana.
252
KUGERAGEZWA K’UMUYOBOZI, IGICE CYA 3
Byari byiza kuba Imana ibibwiye Dave ntabe ari jye ibibwira kuko
Dave ari we wari ushinzwe ibibazo by’amafaranga. Si ibyo gusa
kandi, Dave ni we wari ushoboye kuba yakwifata akavuga ati “Reka
dutegereze turebe.” Bityo, nzi impamvu Imana yahisemo kuba ari Dave
ibwira kuko hazamo amafaranga kandi ko yagombaga kudashidikanya
ko ari ikintu Imana ishaka mbere y’uko agenda agisanga.
Nuko Dave aza aho ndi arambwira ati “Ndashaka kugira icyo
nkubwira.�”
253
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
Nari aho, nihishe kure muri St. Louis, Missouri. Ubwo ntangira
kubwiriza neza nk’uko mbikora ubu. None se ni kuki Imana itandetse
ngo nsubire kuri televiziyo mbwirize miliyoni z’abantu mbona ubu?
Nta bwo yabikoze kuko nari ntaritegura. Nta bwo nari mfite imiterere
ihagije muri jye yari ikenewe ngo ngende nkora ibyo nkora ubu.
Nashoboraga kugera aho nshika intege nkabireka.
254
KUGERAGEZWA K’UMUYOBOZI, IGICE CYA 3
Icyo Imana yaba ishaka ko dukora cyose, kugira ngo tube abayobozi
beza tugomba gushyira ubushake bw’Imana imbere y’ubushake bwacu
bwite.
255
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
256
KUGERAGEZWA K’UMUYOBOZI, IGICE CYA 3
257
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
258
KUGERAGEZWA K’UMUYOBOZI, IGICE CYA 3
259
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
Nizera ko iyo ibisubizo byacu bitinze kuza, ibyo biba bitewe n’uko
Imana igerageza gukora muri twe umurimo wimbitse, idutegurira
imbere ikintu twe tuba tutaramenya.
261
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
262
KUGERAGEZWA K’UMUYOBOZI, IGICE CYA 3
263
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
264
KUGERAGEZWA K’UMUYOBOZI, IGICE CYA 3
265
IGICE CYA 4
269
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
270
GUKUZA INGESO N’ IMIMERERE MYIZA
TUBUMBWE MU ISHUSHO YE
272
GUKUZA INGESO N’ IMIMERERE MYIZA
Ikinezeza na none ariko cyane ni uko mu isi yose hari abantu bamaze
imyaka igera mu majana bagaragaje imyitwarire n’imyumvire myiza
nubwo bwose batakorerega Imana n’imbaraga cyane ariko bakomeje
273
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
IMPANO SI YO MIMERERE
274
GUKUZA INGESO N’ IMIMERERE MYIZA
Tugomba guhora turi maso kuko hariho abantu bakora ibintu byiza
gusa bashaka kwereka abandi ko ari beza, ariko bashyirwa ku gipimo
bakagarara vuba ko badashyitse. Biroroshye gutahura abantu bafite
imiterere itunganye n’abatayifite. Mu mpapuro zihera z’iki gice, turaza
kurebera hamwe urutonde rw’ibintu umuyobozi agomba kugira o
imyitwarire ikwiriye.
275
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
276
GUKUZA INGESO N’ IMIMERERE MYIZA
277
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
3. Imibanire n’abandi
278
GUKUZA INGESO N’ IMIMERERE MYIZA
Iyo nshaka kureba agafilimi keza kandi kigisha ibintu byiza, nshaka
wiyibagiza ibintu byose byanduhije, singira ikibazo cyo kubona imwe
ituzuye ibiterasoni ntashaka kureba no kumva. Naje gusoma ko iyo
umwana agejeje ku kigero cy’imyaka 18 aba yarabonye ibikorwa
by’urugomo birenga ibihumbi muri televiziyo ndetse na ya mafilimi
yitwa “Cartoon” muri iyi minsi yuzuye ibikorwa by’urugomo, kandi
turibaza impamvu abantu barimo gukora batyo muri iyi minsi.
Hari ubwo mvuze se ko twebwe abakrisito tutagomba kureba
televiziyo na za filimi? Oya, ahubwo ndavuze nti tugomba gutoranya
mu byo tureba. Tugomba kwibuka interuro ya za mudasobwa,
iyo winjijemo ikintu kibi muri yo, usohoramo ikibi. Niba twinjije
akamenyero kamwe mu buzima bwacu, umunsi umwe kandi mu buryo
utazi ako kamenyero kazishyira ku karubanda. Sinzi ibyawe ariko jyewe
nahitamo kwiyicarira nigunze umugoroba umwe aho kwirogesha ibyo
bintu no kwiyangiriza ubuzima bwo mu mwuka.
279
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
5. Mu butunzi
Umuntu wifuza kuba umuyobozi aba agomba kugira imyitwarire
myiza mu butunzi (bwo mu rugo). Mbega aho uzi ukuntu ibigo byinshi
bitanga inguzanyo bidashobora kuguriza amatorero kubera ko bazi
ko amenshi muri yo atishyura amadeni ahabwa? Birumvikana ko
amatorero yose atameze atyo. Hari amatorero amwe n’abayobozi bayo
afite imico ihebuje yuzuye Umwuka w’Imana. Ariko hari n’ayandi
atabikangwa kandi ayo ni yo Satani akoresha agatuma twese abasigaye
tuboneka nabi.
280
GUKUZA INGESO N’ IMIMERERE MYIZA
6. Imvugo
7. Ubunyangamugayo
281
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
282
UMUTWE WA 15
283
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
GIRA UBWENGE
284
IBYIZA BYO KUBA MASO
285
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
287
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
USHOBORA GUTSINDWA
288
IBYIZA BYO KUBA MASO
SABA UBUFASHA
289
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
IHANGANIRE IBIKUREMEREYE
291
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
292
IBYIZA BYO KUBA MASO
ibisambo kuko tunyunyuza igiti. Nta cyo twongera kuri cyo, ahubwo
tunyunyuza amatembagiti, tukakibuza gukura neza. Icyo gihe umuntu
ashaka nk’umuhoro, hanyuma akadukuraho.
Hari igihe Imana iba igomba gukura utuntu duto duto mu bugingo
bwacu. Hari igihe tuba dushaka kwibanira na two, ariko Imana yo iba
izi umugambi ifite ku bugingo bwacu bwose. Niba Imana hari icyo
ishaka ko tureka, icyaba cyiza ni uko twareka kikagenda, iba izi ibyo
iri gukora.
293
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
294
IBYIZA BYO KUBA MASO
Nize ko iyo nshaka guta ibiro nihuse, nshobora kurya ibiryo binanura.
Ariko na none nize ko umubiri wanjye ukeneye za poroteyine nyinshi.
Ibi bifitanye isano n’akazi nkora, n’imbaraga ngatakazaho. Bambwiye
ko iyo nigisha mu biterane binini byikurikiranya, biba bimeze nko
gukora umurimo w’amasaha umunani, kuko ari amaranga mutima, ari
ibitekerezo, byose biba bikora cyane. Hari igihe nigishaga nk’inshuro
eshanu cyangwa esheshatu. Nabaga nataye imbaraga nyinshi muri
byo. Naje gusanga ko kugira ngo nongere kugira imbaraga binsaba
kurya poroteyine nyinshi. Ndamutse ndi kurya ibiryo bituma nanuka,
natakaza ibiro, ariko namererwa nabi kuko isukari yo mu maraso iba
yagabanutse.
295
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
296
IBYIZA BYO KUBA MASO
297
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
kugura ibikoresho bishya byo gukina golufe. Aba afite byinshi, ariko
usanga buri gihe ashaka ibindi. Hari igihe tuba dukeneye kugira
icyo twikorera ubwacu. Nyuma yo gukoresha ibiterane byinshi, mba
naniwe mu buryo bw’umubiri, mu mutwe mu mutima no mu mwuka.
Mu bihe nk’ibyo nasanze ko ikimfasha ari ukujya guhaha. Sinjyenda
ngo ngure ibintu by’akataraboneka cyangwa ngo ntange amafaranga
menshi bitume najya no mumyenda. Hari n’igihe ntagira icyo nigurira
nkagurira abandi. Ibi biramfasha kuko bituma ibitekerezo byanjye biba
bihugiye mu bindi, bikava mu kazi kanjye ka buri munsi. Gukora ntyo,
bituma nongera gusubiza ubwenge ku gihe.
298
IBYIZA BYO KUBA MASO
299
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
Ibibazo byinshi abantu bagira muri iyi minsi biterwa n’uko batagize
ubwenge. Kandi akenshi uko kubura ubwenge biterwa n’uko barushye.
Mu ngo z’iki gihe, umugabo n’umugore bagomba kugira akazi kugira
ngo babashe gukemura ibibazo. Nyuma y’akazi, baba bagomba
gusubira mu rugo iwabo kugira ngo bite ku bana, bateke, bamese,
banakore n’indi mirimo yo mu rugo, guhaha, kujya gukora mu busitani
n’ibindi n’ibindi.
300
IBYIZA BYO KUBA MASO
301
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
ELIYA ARABAKABIRIZA
302
IBYIZA BYO KUBA MASO
303
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
ELIYA ARAHUNGA
304
IBYIZA BYO KUBA MASO
305
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
306
IBYIZA BYO KUBA MASO
307
UMUTWE WA 16
Abefeso 3:20
310
ABANTU BASANZWE ARIKO BAFITE INTEGO ZIDASANZWE
311
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
312
ABANTU BASANZWE ARIKO BAFITE INTEGO ZIDASANZWE
313
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
316
ABANTU BASANZWE ARIKO BAFITE INTEGO ZIDASANZWE
318
ABANTU BASANZWE ARIKO BAFITE INTEGO ZIDASANZWE
GARUKA MU RUGENDO
319
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
EMERA GUKORESHWA
320
ABANTU BASANZWE ARIKO BAFITE INTEGO ZIDASANZWE
Imana ifite umugambi kuri buri wese muri twe. Uwo ni wo twaremewe.
Ariko nk’uko twabivuze ibyo ni ibintu bishoboka si itegeko rigomba
kubaho uko byamera kose. N’iyo umuntu yaduhanurira ibitangaza
bimeze bite mu izina ry’Imana nk’uko byambayeho, ibihanurwa biba ari
icyifuzo kiri ku mutima w’Imana n’ubushake bw’Imana kuri twe. Ibyo
321
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
Imana ifite umugambi kuri buri wese muri twe. Ni umugambi mwiza,
umugambi udasanzwe, umugambi ukomeye, udaciriritse cyangwa ngo
ube uwo hasi.
Ntugapfe kwiruka inyuma y’ibintu ngo ni uko buri wese ari kubikora.
Hindukiza ubwato bwawe, hanyuma ugashye werekeza aho umuvumba
uturuka. Ntutakaze umwanya wawe ukurikira aho umuvumba werekeza,
nubwo bisaba imbaraga kugashya ugana aho uruzi ruturuka, cyane
cyane iyo bose berekeza mu cyerekezo kibusanye n’icyawe!
323
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
325
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
Rimwe na rimwe ni byiza kwibaza ngo “kubera iki ndi gukora ibi?”
Kenshi njya mbwira abayobozi b’imirimo dukorana ngo “Mugomba
kujya mureba mukageza no hirya y’imikorere mwashyizeho.” Ibihe
bimwe mu mwaka birakwiye ko musubiza amaso inyuma mukareba
gahunda mwashyizeho muri buri cyiciro cy’akazi mukareba niba igenda.
Mugomba kugenzura mukareba niba amaraporo mutanga aturuka muri
buri cyiciro asomwa cyangwa niba umuntu akiyakeneye. Icyo ni ikintu
jye na Dave twifuje mu myaka itandatu ishize ubu ntitukigisubiramo.
Ushobora kuba uta igihe cyawe, wirirwa uzenguruka ku bintu byataye
igihe cyangwa bitari ngombwa.
326
ABANTU BASANZWE ARIKO BAFITE INTEGO ZIDASANZWE
327
GUHINDUKA UMUYOBOZI NYAWE
NTUCIKE INTEGE
328
ABANTU BASANZWE ARIKO BAFITE INTEGO ZIDASANZWE
ONGERA USUBIREMO
329
Umwanzuro
UMWANZURO
333
Koresha neza ubutunzi bwawe ububyaze umusaruro wuzuye. Kandi
hagati aho ufashe n’abandi gukoresha neza ubutunzi bwabo. Gera ku
ntera yo hejuru ishoboka, hanyuma ufashe n’abandi kugera hejuru
hashoboka.
334
ISENGESHO RYO KUGIRANA
UBUMWE BWIHARIYE N’IMANA
ISENGESHO RYO KUGIRANA
UBUMWE BWIHARIYE N’IMANA
Iriburiro
1
Reba mu Bagalatiya 5:22,23
UMUTWE WA 1
1
Mariko 10:27,
2
reba 1Tesalonike 2:13, Hari ubusobanuro bumwe bw’uyu murongo
butsindagira ko Imana ari yo ikorera muri twe... Kubera ko Imana
ari yo yikorera umurimo muri mwe abizeye (TEV) Izindi Bibiliya
nyinshi zitsindagira ko Umurimo w’Imana ukorekera muri twe ku
bw’Ijambo ry’Imana: Ijambo ry’Imana rikorera cyane muri mwe
abizeye (AMP)
3
Matayo 18:19
4
Umwuka Wera ni zo mbaraga z’Imana ziza muri twe mu gihe
cyo kuvuka ubwa kabiri, igihe twakiriye Yesu Kristo nk’umwami
n’umukiza. Umwuka Wera aba ahari igihe cyose, arayobora, akereka
inzira, hanyuma agakorera no mu mwuka wacu kugira ngo tubashe
kumva no guhabwa Imbaraga z’Imana mu buryo bukomeye. (soma
yohana 16:13). Afite imbaraga kandi arakomeye kandi ashobora
gukorera muri twe ibyo tutakwishoboza ubwacu. Iyo twumviye
Umwuka Wera tuba tubeshwaho n’Imana.
5
American Dictionary of the English Language, 10th Ed. (San
Francisco:Foundation for American Christian Education, 1998)
Facsimile of Noah Webster’s 1828 Edition. Uburenganzira
bw’umuhanzi bwa Rosalie J. Slater, S.v. “Pontential”
6
Soma Abagalatiya 3:16,19.
7
Webesrter’s 1928 Edition, s.v. “Development”
8
Zekariya 4:10
9
soma Itangiriro 2:7
339
10
soma Itangiriro 1:26,27
11
Yohana 10:10
12
Yohana 8:44
13
Gutegekwa 1:2
14
Soma Yakobo 4:5,6, Abaheburayo 4:16; Abefeso 2:8
15
Soma Timoteyo 3:4,5
UMUTWE WA 2
1
Roger K. Burker Consulting Editor, Health, Physical and Recreation
Reprint Series (USA: Brown Reprint, 1970), pp 273,477.
2
“Igereranya. Amavuta yashushanyaga Umwuka Wera ...w’Imana,
nk’ihame ry’ubuzima bw’umwuka buturuka ku Mana kugira ngo
buze bwuzuze kamere isanzwe y’icyaremwe imbaraga z’ubugingo
buva ku Mana. Gusigwa amavuta cyari ikimenyetso cyo kubabwamo
n’umwuka w’Imana ku bw’umurimo umuntu yabaga atoranirijwe.”
New Unger’s Bible Dictionary (Chicago:cyabanje gutangazwa
na Moody Press, 1988), s.v. “oil” ryakoreshejwe bitangiwe
uruhushya.
3
2 Korinto 3:2
4
Kubara 20:3-13
5
Abefeso 4:22-24
6
Yakobo 1:2,3
7
Kuva 18:21
8
2 Timoteyo 2:15
9
Matayo 25:20-25
10
Abafilipi 3:14
11
1Korinto 15:58
340
UMUTWE WA 3
1
Matayo 24:27-44; Ibyahishuwe 19:11-16
2
soma Ibyakozwe 2:17 “Ijambo “iminsi y’imperuka” rishaka kuvuga
neza igihe kizaza muri rusange. Ariko kuko kuza kwa Mesiya ku
Bayuda babonaga kwegereje, kikaba ari cyo kintu cy’ingenzi cyari
gitegerejwe...iri jambo ryaje ari nk’ubusobanuro bwa byo... Iminsi
iheruka, cyangwa iminsi ya nyuma y’isi, yari iminsi ya Mesiya.
Aha rero ntihagaragara kandi ndetse ntihashaka no kuvuga ko isi
yari igeze ku iherezo. Ibyo babonaga byari ikinyuranyo cy’uko
ibintu biri. Bihutishaga ubwami bw’icyubahiro bwa Mesiya bwari
kuramba. Kandi uku gutegereza kwaterwaga n’amasezerano
y’ubwami bwe bw’iteka ryose. Amasezerano yavugaga gukuzwa
kw’ingoma ye itari kugir iherezo...” Albert Barnes, D.D. Barnes’s
Notes, Electronic Database (copieright©1997 by Biblesoft).
Uburenganzira bw’umuhanzi
3
Websiter’s II New College Dictionary (Boston/New York:Houghton
Mifflin Company, 1995), s.v. “stability”
4
Wycliffe Bible Commentary, Edited by Charles E. Pfeiffer
and Evererr F. Harrison, Electronic Data Base (Moody Press,
copyright©1962). Uburenganzira bw’umuhanzi. Soma Abaroma
8:4-15
5
Joyce Meyer, Managing Your Emotions (Tulsa:Harrison House,
1997)
6
Matayo 23:1-3
7
Soma Abaheburayo 13:7
8
Soma Imigani 16:18
UMUTWE WA 4
1
Soma Abaroma 5:8-10; 1Korinto 15:3,4
2
Soma Abaheburayo 13:8
3
Soma Abefeso 1:11,12
341
4
Soma Jamieson, Fausset and Brown Commentary, Electric Database
(copyright©1997 by Biblesoft). Uburenganzira bw’umuhanzi.
5
Abaroma 8:29
6
1 Petero 5:8
7
Zaburi 62:8
8
Imigani 17:17
9
Soma Abaroma 6:10,11
10
Matayo 26:41
UMUTWE WA 5
1
Petero 3:4
2
Soma 1 Korinto 9:4-12
3
Soma 1 Korinto 3:13-15
4
Soma 1 Ingoma 28:9; Ibyahishuwe 2:23
5
Soma 2 Samweli 11:24:10
6
Abaheburayo 11:6
7
“Ku ruhande rumwe, Imana yambitse ubusa ku mugaragaro kutizera
itanga impano y’igitangaza y’amazi. Ku rundi ruhande ihana Mose
na Aroni kubera intege nke zo kutizera kwabo.” Keil&Delitzsch
Commentary on the Old Testament:New update Edition, Electronic
Database (copyright©1996 na Hendrickson Publishers, inc.).
Gikorereshejwe tubiherewe uburenganzira. Uburenganzira
bw’umuhanzi.
8
Abaroma 1:17
9
Soma Zaburi 23:3 n’izindi Bibiliya
10
Yohana 8:32
11
Yakobo 1:22
12
Andrew Murray, D.D., Humility: The Beauty of Holiness (Fort
342
Washington, PA Christian Literature Crusade, Edition of 1961,
Reset 1980, Pocket Companion Edition, Unbridged, Edited and
Reset 1991)
13
Webster’s 1828 Edition, s.v. “Presuming”
14
1 Samuel 16:7
15
Tito 1:15
16
Soma Matayo 5:13,14
UMUTWE WA 6
1
Matayo 6:14,15
2
Luka 6:27-38
3
Itangiriro 37,39
4
Itangiriro 41-40
5
Itangiriro 42-45
6
2 Ingoma 16:9
7
Ibyakozwe 7:59,60
8
1 Korinto 13:4-8
9
Kubara 12:1-2
10
Matayo 7:12
11
Itangiriro 12:1
12
Abafilipi 3:13, 14
13
Yesaya 43:18,19
14
“nta muntu wabaga ufite inenge ku mubiri cyangwa ubumuga
runaka washoboraga kuba umutambyi (Abalewi 21:16-21). Kutagira
inenge k’umubiri by’umutambyi byashushanyaga kuzura no kwera
k’umutima” Nelson’s Illustrated Bible Dictionary (copyright©1986
na Thomas Nelson Publishers). Uburenganzira bw’umuhanzi.
Gikorereshejwe tubiherewe uburenganzira.
343
15
Matayo 15:14
16
Imigani 28:1, 2 Timoteyo 2:24
17
Zaburi 18:39
UMUTWE WA 7
1
Yesaya 61:3
2
Abaheburayo 11:6
3
Yakobo 1:12
4
1 Korinto 14:33
5
Luka 1:26-38
6
Luka 2:19
7
Zaburi 138:8
8
Abaheburayo 11:6
UMUTWE WA 8
1
Soma Matayo 25:31-40
2
Zaburi 115:17
3
Soma Yohana 11:44
4
2 Timoteyo 1:6,7
5
Umubwiriza 9:10
6
Hagayi 1:7
7
Abaroma 12:5,6
8
Soma 1 Samweli 16:1-13
9
1 Samweli 2:6,7
10
W.E. Vine’s Complete Expository Dictionary of Old and New
Testement Words (Nashiville: Thomas Nelson Inc., 1984, 1996)
“An expository of New Testament Words,” P. 223, s.v. “Faithful,
344
Faithfully, Faithless” pistos
11
Matayo 25:21,23
12
Abaroma 8:37
13
Abafilipi 4:13
14
2 Korinto 2:14
15
Ibyahishuwe 1:18; Matayo 28:18-20; Abefeso 1:17-23; Yohana
8:44; Gutegekwa 28:13; Yohana 3:16
16
1 Timoteyo 6:12
UMUTWE WA 9
1
Nehemiya 8:10
2
Soma Matayo 23:27
3
Soma Yohana 3:3-7
4
Mariko 9:21 (umwanditsi yabivuze mu magambo ye)
5
1 Yohana 3:8
6
Abagalatiya 5:22,23
7
Luka 1:26-38 (umwanditsi yabivuze mu magambo ye)
8
Matayo 6:14,15
9
Matayo 6:12 (umwanditsi yabivuze mu magambo ye)
10
Soma Zaburi 113:1-3
UMUTWE WA 10
1
“Lidiya ... yahimbazaga Imana.” Iyi nteruro irirekana idini rye...
ni ko abaproselite [icyo umwanditsi yabivuzeho: umuntu wabaga
uhindukiriye idini y’abayuda]... yakundaga kujya aho basengeraga
ku nkombe y’uruzi, ahantu hari babereye imihango ijyanye no
gusenga kw’Abayuda y’abayuda. Aho ni ho Pawulo na bagenzi be
bamusanze. International Standard Bible Encyclopedia, Original
345
James Orr 1915 Edition, Electronic Database (copyright © 1995
- 1996 na Biblesoft) Uburenganzira bw’umuhanzi.
2
“Imico y’abanyanazareti abantu bayifataga nkaho ari mibi
kwitwa umunyagaliiraya cyangwa umunyanazareti byari ibintu
bisuzuguritse. (Yohana 7:52). Natanayeli yarabajije ngo mbese
Mesiya ashobora kuva ahantu abantu bose bazi ko ari abanyabyaha.
Ubu bwari uburyo bwo kwibaza ku bintu byasaga n’ibidasanzwe.
Nta bwo kwari ukureba uko ibintu bimeze, ahubwo gushingira
k’uko byahoze...” Barnes’ Notes, John 1:46.
3
Abefeso 6:5-8
4
Gutegekwa 28:1-14
5
Nelson’s Illutrated Bible Dictionary, s.v. “fear”
6
Matayo 12:34
7
Kubara 13:30
UMUTWE WA 11
1
Webster’s 1828 edition, s.v “test” (izina)
2
Wesbster’s 1828 edition, s.v. “test” (inshinga)
3
Matayo 26:34-75
4
Yakobo 1:12
5
Yesaya 61:3
6
Adamu Clarkes’s Commentary, Electronic Database
(Copyright©1996 By Biblesoft). Uburenganzira bw’umuhanzi.
“Zaburi 118:22”; Matayo 21:42”
7
Yohana 7:5
8
Soma Abaheburayo 9:28
9
Yohana 15:18-20
10
Soma Abaheburayo 10:30
346
11
Imigani 18:24
12
Mu isezerano rya kera, Satani yashatse kwica uruhererekane
rw’igisekuru cya Mesiya. Mesiya amaze kuba umuntu, Satani
ashaka kumwica (Ibyahishuwe 12:4,5)... Satani yashoye abantu mu
byaha mu buryo bwinshi. Hari igihe yabizanaga ari nk’igitekerezo,
nk’uko byabaye kuri Yuda Isikariyota (yohana 13:2,27)... ubundi
igaca mu ntege nke z’umuntu (1Ingoma 7:5).” Nelson’s Illustrated
Bible Dictionary, s.v. “satan”
13
Matayo 26:48-49
14
2 Samuel 15:1-14
15
Itangiriro 37, 39
16
Miriyamu nk’umuhanuzikazi, atari uko ari mushiki wa Mose na
Aroni gusa, yafashe umwanya wa mbere mu bagore b’Abisirayeli;
na Aroni akaba nk’umutambyi mukuru w’ubwoko bwose bwa
Isirayeli. Ariko ariko ntibishimiye ukuntu Imana yakorana na Mose
wenyine n’ubububasha yamuhaye. Miriyamu kandi asa nkaho ari
we nyirabayazana kuko izina rye ni ryo rivugwa mbere (Kubara
12:1) kandi n’igihano (Kubara 12:10) cyagiye kuri we wenyine”
Barnes’Notes, Numbers 12:1.
UMUTWE WA 12
1
Yohana 11:4
UMUTWE WA 13
1
Yesaya 14:15
2
Matayo 26:39
3
Soma 1 Korinto 16:9
4
Abaheburayo 12:3
5
Soma 1Samuel 24:1-7
6
Yobu ni urugero rw’umunyamwuka w’intungane - umuntu
347
wakomeje kwizera kwe nubwo yari afite ibica ntege byinshi bijyanye
n’ububabare yari afite.” Nelson’s Illustrated Bible Dictionary, s.v.
“Job”
7
Soma Mariko 6:16-27; Yohana yari umwambari wa Yesu, atari mu
murimo we cyangwa mu nyigisho gusa (Matayo 3:1; 4:17) ndetse
no mu rupfu rwe, Nelson, s.v. “John the Baptist”
8
Luka 2:46,47
9
Luka 2:40
10
Luka 2:52
11
William Smith, LL.D., revised and edited by FN na MA Peloubet,
A Dictionary of the bible (Nashiville:Thomas Nelson, 1962), s.v
“Yesu Kristo” p. 308. “Yesu yatangiye umurimo ubwo yari afite
nk’imyaka mirongo itatu.”
12
Soma Luka 2:51
UMUTWE WA 14
1
“Ishusho no gusa bigomba byanze bikunze kuba mu bitekerezo,
umutima n’ubugingo bwe bigomba kuba byarahinduwe na
kamere no kwera kw’Imana ye. Ubwenge bw’umwana w’umuntu
buracyafite ubushobozi burenze urugero, bwari ikirenga ubwo
bwamaraga kuva mu biganza by’uwaburemye. Imana yari iri
kurema umwuka, kandi uwo mwuka waremwe hakurikijwe kwera
na kamere bya Yo. Imana ni yo soko y’uwo mwuka, ku bw’ibyo
rero amazi agomba gusa n’isoko akomokamo. “Adam Clarke’s
Commentary, Electronic Database (copyright©1996 na Biblesoft).
Uburenganzira bw’umuhanzi. “Itangiriro 1:26”
2
Abaroma 9:20,21
3
“...the brillant concluding piece of Part II of Handel’s Messiah,” The
Columbia Encyclopedia, sixth Edition (copyright © 2000, Columbia
University Press); available from <htttp://wwwinfoplease.com/ce6/
society/A0822457.html>
348
4
Websiter’s II “charisma”
5
Websiter’s II “character”
6
Abefeso 6:6
7
1 Samuel 2:7
8
Luka 8:18
9
Gutegekwa 28:2
10
Matayo 7:16
UMUTWE WA 15
1
Webster’s II, s.v. “balance”
2
Webster’s 1828 edition, s.v. “balance”
3
Philippians 4:13
4
Numbers 11:16,17
5
Hebrews 12:2
6
John 10:10
7
1 Kings 18:27 (umwanditsi yabivuze mu magambo ye)
8
“igikorwa cya Eliya gishyigikiwe n’amategeko. Kubera ko
uwasengaga ibigirwamana mu bisirayeli yicwaga, kandi
bigashyigikirwa n’irindi rivuga ko umuhanuzi, mu gihe cy’ubutegetsi
bw’Imana yashoboraga gushyira itegeko no kuryubahiriza, igihe
umwami yananiwe inshingano ze.” Barnes’
����������������������������
notes 1 Abami 18:40
9
Soma Zaburi 18:29
UMUTWE WA 16
1
Soma Kubara 22:21-33
2
Soma 1 Abakorinto 1:27,28
3
Nk’uko twabibonye mu gice kibanza, ririya buye rikomeza imfuruka
349
bavuga muri Zaburi 118:22, risa n’iryerekeza kuri Dawidi. Dawidi
wanzwe na Sawuli n’abandi bayobozi b’abayuda, nyuma yaje
gutoranywa n’Imana aba ari we uyobora Isirayeli. Yesu, ibuye
rikomeza imfuruka (soma muri Matayo 21:42), yanzwe kandi
abambwa n’abayuda, aza kuzuka nk’impongano y’ibyaha y’abari
mu isi. Dushingiye ku gitabo cyitwa “Adam Clarke’s Commentary,
Electronic Database (Copyright©1996 by Biblesoft). All rights
reserved. “Zaburi 118:22,” “Matayo 21:42” n’Abefeso 2:20.
4
Yesaya 61:7
5
Imigani 15:23
6
Soma Petero 4:12,13
7
Soma Yesaya 43:12,13
8
Soma Yesaya 43:2
9
Soma 1 Abakorinto 6:20
10
Soma Abefeso 4:30
11
John Mason, An Enemy Called Average (Tulsa:Harrison House
1990)
12
John Mason, Conquering an Enemy Called Average (Tulsa:Insight
International, 1996)
13
Mason, Conquering, P. 15
14
Mason, Conquering, P. 35
15
Webster’s II, s.v. “status quo”
16
Mason, Conquering, P. 77
17
Mason, Conquering, P. 93
18
Mason, Conquering, P. 117
19
Webster’s II s.v. “average”
20
Paul Lee Tan Th.D., Encyclopedia of 7,700 Illustrations (Rockville,
MD:Assurance Publishers, 1979), p. 1504
350
21
Dave Grant, The Great Lover’s Manifesto (Eugene, OR: Harvest
House Publishers, 1986), p. 13
22
Matayo 9:20-23
23
Luka 19:15
24
Ahantu nko ku ruhu rw’inyamanswa cyangwa ku mabuye
bandikagaho mu gihe cya Bibiliya... ikaramu ikoze mu gati (3 Yohana
13), ikaramu ikoze mu cyuma cyangwa utundi tuntu tundi tumeze
nk’uburoso nitwo bakoreshaga bandika ku bintu byoroshye. (Yobu
19:24; Yeremiya 17:1). Hakoreshwaga wino y’umukara rimwe na
rimwe iri mu cyuma... “Nelson’s Illustrated Bible Dictionary, s.v.
“writing materials”
25
Yeremiya 36:22,23
351
IBITABO BYIFASHISHIJWE
353
IBINDI BITABO BYAGUFASHA BIVUGA KU
BUYOBOZI
355
IBYEREKEYE UMWANDITSI
357
zivuga ku gukira ibikomere byo mu mutima zimara amasaha 23.
Amakaseti amwe y’izo nyigisho avuga ku “Kwiringira” (confidence),
“Ubwiza mu kimbo cy’ivu” (Beauty for Ashes), Kugenga ibyiyumviro
byawe (Managing your Emotions), “Gusharirirwa, kuzinukwa no
kutababarira”
(Bitterness, Resentment and Unforgiveness), “Umuzi wo
kutemerana” (Root of Rejection) n’indirimbo z’iminota 90 zo kuri kaseti
yitwa “gukiza abafite imvune z’umutima” (Healing the Brokenhearted).
Irindi tsinda ry’amakaseti ya Joyce avuga ku “Bitekerezo” ririmo
amakaseti 5 yerekeye imitekerereze:“Ibihome byo mu bitekerezo
n’imitekerereze” (Mental Strongholds and Mindsets), “Imitekerereze
y’ubutayu” (Wildness Mentality); “Imitekerereze ya kamere” (The
Mind of The Flesh) “Imitekerereze izerera, ifite impungenge” (The
Wandering, Wondering Mind) n’ Ibitekerezo, umunwa, ibyiyumviro
n’imyifatire.” (Mind, Mouth, Moods and Attitudes) Iri tsinda ririmo
kandi igitabo cyiza cyane kitwa “Urugamba rwo mu bitekerezo”
(Battlefield of The Mind) . Ku ngingo y’urukundo, afite amatsinda atatu
y’amakaseti, “Urukundo ni…”, “Urukundo:imbaraga z’ikirenga”, no
“Gukunda Imana, kwikunda no gukunda abandi.”
Andikira ibiro bya Joyce Meyer ubashe kubona urutonde rw’ibitabo
n’ayandi makuru y’uko wabona amakaseti ukeneye kugira ngo ubone
gukira kuzuye mu bugingo bwawe.
358
Niba ushaka kubona umwanditsi, andika:
Mu Bwongereza, Andika:
Joyce MEYER Ministries
P.O. BOX 1549
Windsor
SL 4 1GT
Cyangwa uhamagare kuri: (0) 1753 – 831102
359