Professional Documents
Culture Documents
Ibyiruka Rya Maheru
Ibyiruka Rya Maheru
Page 1 of 10
Ndakomeza ndatota
Ngo none aratinya Ubwo ngubwo arazenga
Aze kumva igikwiye. Arababara ndabibona
Nti: ibyo wigira byose Arafunga ntiyakoma
Ndabirora nkazenga. Bagize bati: yewe
Nakwitaga umwana Ijambo liragatabwa
Uyu uteye gitwali Bahamagaye aranga
Agaturana neza Bagabuye ntiyabilya
N'abitwa ababyeyi. Bashashe ntiyalyama.
Ubwo utangiye kwanga Ubwo nyina akandeba
Uwakureze akagukuza, Agatinya guhinda
Wamurora mu maso Akiruzi umuhungu
Inyeli zikavumera, Mu maso ya twembi.
Waba wicaye hasi Yankebuka ngasanga
Uti: intebe nayireke Mu maso ye yombi
Nyishinge ho nanjye, Haganje agahinda
Yaba agize ati: jya kurora Amagambo ajya kuvuga
Amatungo mu rwuli Ugasanga amugoye.
Ugatangira kwigira Ubwo abana batoya
Icyatwa ugafunga; Basanzwe basakuza
Yakubwira ati: cyono Barwana bagabuza
Jya kuzana utuzi Bakandora bose
Ugafuha ukarwana Nakebuka umwe muli bo
Ukica igiti n'isazi; Agahumbya bukeya.
Ubwo utangiye kwanga Umwe yavuga ijambo
Amategeko nguhaye, Abandi bakamureba
Ubusore bwapfuye Igisubizo bashimye
Wabaye Rubebe Ugasanga gituje
Jye nkwise icyontazi Kitali mo amashyengo
Icyo ushaka kimashe. Aya asanzwe mu bana.
Page 2 of 10
Kugira ngo akuneze.
Ngeze aho nti: cyo mwana Umujinya waba ukomeje
Hamagara Mahero Ugaterura ugahonda
Aze ambwire icyo ashaka Wananirwa ugatuza
Mahero ati: ndaje Uti: genda ndakuretse.
Nkubwire icyo mashe; Ibyo ngibyo nabirora
Aza atera ibitambwe Nti: nta ngufu zanjye
Nti: ubanza rubaye. Mba nshatse agahamba
Ati: kera nkivuka Nkareba aho najya
Ntaramenya ubwenge Hasumbye ahangaha.
Nali inka mu zindi Ubu ngubu ndareba
Wahilika ngatemba Ngasanga ibyo ungilira
Wanterura nkabyuka Bikwiye guhosha.
Washaka ko ndyama Ubwo wanyimye imbabazi
Ugahilika ku bulili Ngo nanjye nduhuke
Ibitotsi bikayora Ibyo kwitwa ikirumbo
Mahero agahwikwa. No kwicara mpondwa
Naba nakoze icyo wanga Ndakungura inama
Ugaterura ugahonda Igusumbira izindi
Amahane ali nta yo Amahane ave mu rugo
Sinibaze na busa Uruhuke kurwana
Uko nkwiye kugenza. Nduhuke guhondwa;
Aho nshiliye akenge Cyo nshakira impammba
Ndakomeza ndakureka Agatukuru gatoya
Nakosa nka gatoya Ngaterere ku mutwe
Ubwo inkuba zigakubita Mfate agakoni kanjye
Uti: mbyiruye icyontazi. Njye guhakwa aho nshaka
Nkakureka ugakomeza Ahangaha mpacuke
Guhata ibicumuro Ibicumuro nkugilira
Uwakoze uko ashoboye Uruhuke kubibona.
Page 3 of 10
Wampinduye imbata
Gutura amahanga Uwo ni inzigo kuli jye.
Bizankiza byinshi.
Amahane yo mu rugo,
Bizampa guhunga
Amahili y'ibisonga
Amahane y'I Rwanda,
Ibo byose bikoranye
Aho bambura umuntu
Ntibyatuma ngoheka
Abo abyaye bamurora,
Ndashaka kugenda.
Agakubitwa umunani
Ubwo ngubwo ndayoberwa
Ngo ikawa irarumbye,
Ngo mbure icyo musubiza
Ngo cyangwa umuzungu
Nti: genda uruhuke
Yaraye rusake.
Ejo nzaba nkubwira
Ibiboko wakubiswe
Icyo nkeka kuli ibyo.
N'amalira nahalize
Ati: ngiye kulyama
Ntibyatuma ntura
Ndazinduka nkwibutsa
Aho ndeba umuhashyi
Impamba nakwatse.
Page 5 of 10
Amafuni ararundwa, Ngo niba zitetse
Ubwo mpinga ibijumba, Ujye utora agahihi
Rubanda bakunda Agahogo kabobere.
Kubyita ubukungu. Ubu inyuma y'igikali
Mba ngira ngo utazimwa Ibitoki ni byinshi
Umukobwa wa Naka, Bitembana inkingi.
Bagira ngo urashonje Ubu intabo zirarunze
Ubukungu si bwinshi. Ibibindi biroga.
Mahero iyo umfashije Mahero iyo ugumye aha
Tukiha agaciro Nkabona agakazana
Mu maso y'i Muhana! Aho kwicwa n'irungu
Wagiye Bugande!
Ubu ingano nararunze,
Ibigega biratemba. Nta tungo natinye
Ubwo ngira ngo abatindi Ngo mare yo ubukungu
Batagira amasambu Utazaba umutindi.
Bagure ibyo mbahaye Ihene ubu ni nyamwinshi
Jye ngwize amanoti Ziteretse amapfizi:
Njye nkwambika neza. Ruhaya na Sacyanwa.
Mahero iyo umbwiye Mahero iyo umfashije
Amagambo anduhura Tukorora neza
Aho kunsha umugongo! Amatungo tubyiruye!
Page 6 of 10
Yilirwa avuna sambwe Aho kwanga icyo mbyaye!
Mu mivumu haliya!
Inkokokazi ni nyinshi: Aho uruzi aba bana
Iz'inganda n'indayi Bakureba ku jisho
Uzikunda zihuje Bakabura icyo bavuga
Indilimbo z'urwunge, Kuko mukuru wabo
Ziteteza zitaha, Abacitse bamurora!
Zihamagara izazo, Ili tuza likabije
Zitoye gahunda, Likubajije icyo uli cyo
Zisanga amaruka. Basubize utabeshya!
Mahero iyo urebye Itegereze umubyeyi
Ibyo ntunze ugatuza Wavunitse agutwite,
Aho kunta mu malira! Wavuka akakonsa,
Agahinga aguhetse,
Uti: ngaho mpa impamba
Akavoma aguhetse,
Ngucike njye ahandi
Agatashya aguhetse,
Ducane dutane!
Agateka aguhetse,
Mahero iyo unyoheje
Umulinde agahinda
Gukora mu ntagara
Ko kubura icyo abyaye
Nkalyiroha mu nda
Ngo alilire mu myotsi.
Page 7 of 10
Mahero arasohoka Yika bugufi ahina umugongo
Asa n'ubuze ijambo. Agishyika mu nsi ahamara
Akomeza imbere ye ajya ku umwanya
irembo. Amaso yombi arayagihanga,
Akebuka hepfo abona Umutima utekereza ibyo hilya.
urutoke,
Ubwo arakeberanya mu gikali, Ibyo namubwiye bigumya
Abona imizinga ivuza kuza
ubuhuha. Si ibihingwa si amatungo.
Ntiyahagarara ngo Ubwo aliko akumva atameze
zitamwumva neza,
Zikamucengeza mo uruboli. Imitima igakomeza kujya
Akebura intambwe ajya mu inama;
ikawa. Ibyo guta iwabo ngo ajye
Ubwo agasusuruko Bugande
karababiliye, Yali yabyirukanye agisohoka,
Ndetse akazuba Maze kumwumvisha igikwiye.
karamukubise, Icyamuvunaga ubwo ni ukuntu
Agumya kubunga agana Aza kumbwira uko yigaruye.
agacucu. Ava mu ikawa alinanura.
Muli iyo kawa y'isaso nyinshi Acuma gatoya ananirwa
Hakaba mo igiti gikuze neza, igenda,
Cyarakabije kilizihirwa, Arahagarara aratekereza,
Ururabo ruragwa hajya Akazinga umunya agashima
ibitumbwe, mu mutwe.
Bijya guhisha ntibyasigana Ngo byende ho akanya
Maze uwo mwana akibona Ati: ndi imbwa bikabije.
bwangu, Arakabuza ati: ngiye
Page 8 of 10
Kubwira uwambyaye Duhulira mu rugo
Ko kwigira icyohe Ahatura iyo kawa.
Bikwiye undi utali jye. Mbibonye ndashoberwa
Nti: yumviye rwose,
Ngo ngane ku irembo Agatima karagarutse
Duhura mva mu rugo. Aragira ngo anyurure.
Dukubitanye amaso
Aratinya arahumbya. Ngo mbure icyo mubwira
Aho yavuze ikintu Kugira ngo mushime,
Yashakaga ko menya Mpamagara abatoya.
Ajya kwicara mu nzu. Nti: ntabwo mureba
Jye nkomeza urugendo. Undi mwana uko agenza!
Najyaga mu gacyamu Mulicaye mu nzu,
Kugira ngo nduhuke Aravunika mumurora,
Agahinda yanteye, Arakora mukalyama,
Nganira n'abantu Agatura uwe mulimo
Batazi ibyo tulimo. Umugono muwuhuruza!
Aho yagumye mu nzu
Ngo ahamane n'abandi, Nyina, we yali mu nzu
Akeberanya mu cyanzu Uko yakigunze
Yihina mu gikali. Agahinda kamwishe.
Ahakura agatebo, Arasohoka arareba
Ajya muli ya kawa Ati: mbese iyi kawa
Arasoroma aragwiza, Yo iturutse ahagana he?
Agatebo arakanaga.
Ubwo yibazaga abizi,
Ngo ngaruke nje kurora Akagira ngo abone ubulyo
Uko byaje kugenda, Bwo kogeza umwana
Page 9 of 10
Watwumviye bwangu. Tunywa tuganira.
Mubwirana ubwira
Nti: ngaho muhembe Kuva kandi uwo munsi
Uyu mulimo ni munini. Mahero aba umwana
Uyu wumvira rwose
Ubwo twihina mu nzu Wakorora ati: ndaje.
Duterura akabindi Ntibyashyize kera,
Dushyira mu kirambi. Musabira umukobwa
Nti: ngaho Mahero Barwubaka neza
Cyo ngwino uyibanze Babyaranye kabili.
Ni wowe tuyikesha. Imibanire yabo,
Ati: ndanze kubanza Rubanda babizi
Abakuru bakili aho. Babita mahwane.
Nti: nta cyo bitwaye
Iyo ali bo bakubwiye. Iyo agana mu mahanga
Ayisoma yitonze Aba ali imbwa mu zindi
Numva yiruhutsa. Aho kwicara nk'ubu
Igishyika kiratuza Ngo aturane neza
Amagambo arakunda N'abatumye abyiruka.
Page 10 of 10